Agasaro Network

Agasaro Network Agasaro Network.

Mu makuru y’Agasaro Kaburaga, twiyemeje kubagezaho amakuru yacukumbuwe neza, ashyigikira amahoro, ubwiyunge n’imyitwarire mbonera gihugu, yibanda ku karere k’Ibiyaga Bigari.

Umusesenguzi uhoraho w'Agasaro Kaburaga Franck Mwine aratanga umucyo k'ubufatanye hagati y'ikipe ya Arsenal  n'Ikigo cy'...
21/11/2025

Umusesenguzi uhoraho w'Agasaro Kaburaga Franck Mwine aratanga umucyo k'ubufatanye hagati y'ikipe ya Arsenal n'Ikigo cy'u Rwanda cy'iterambere ( RDB).

Ikipe yo mu Bwongereza ya Arsenal yatangaje ko amasezerano yo gukorana na Visit Rwanda agiye kurangira. Uwo mushinga wo kwamamaza u Rwanda ufite agaciro kare...

Muri Tanzaniya  hakuyeho umukwabu wari warashyizweho kuva ku wa gatatu w’icyumweru gishize  mu murwa mukuru w’ubucuruzi ...
06/11/2025

Muri Tanzaniya hakuyeho umukwabu wari warashyizweho kuva ku wa gatatu w’icyumweru gishize mu murwa mukuru w’ubucuruzi wa Dar es Salaam. Perezida Samia Suluhu Hassan yarahiye ku wa mbere. Porofeseri Paul Kananura, impuguke muri politiki mpuzamahanga n’umutekano, avuga ko hari ibihugu byari inyuma y’imyigaragambyo yabaye nyuma y’amatora muri gahunda yo gushaka guhungabanya Tanzaniya.

Muri Tanzaniya hakuyeho umukwabu wari warashyizweho kuva ku wa gatatu w’icyumweru gishize mu murwa mukuru w’ubucuruzi wa Dar es Salaam. Perezida Samia Sulu...

03/11/2025

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Olivier Jean-Patrick Nduhungirehe yavuze ko ihuriro AFC/M23 rigomba kugishwa inama ku mugambi wo gufungura ikibug...

Muri uku kwezi kwa cumi, Abanyarwanda batuye mu bihugu by’Uburayi: Ubufaransa n’Ububiligi bafashe icyemezo kigayitse cyo...
03/11/2025

Muri uku kwezi kwa cumi, Abanyarwanda batuye mu bihugu by’Uburayi: Ubufaransa n’Ububiligi bafashe icyemezo kigayitse cyo kwica abo bashakanye. Hari n’uwabigerageje ariko Imana ikinga ukuboko. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, umwana w’ingimbi yishe abana b’abakobwa batatu mu Bwongereza. Iyi myitwarire iterwa n’iki?. Inzobere mu buzima bwo mu mutwe Noble Marara avuga ko ihahamuka rikomoka kubyo abanyarwanda banyuzemo mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi rishobora kuba ariyo ntandaro y’ibikorwa by’ubugome bibaranga.

Listen now | Muri uku kwezi kwa cumi, Abanyarwanda batuye mu bihugu by’Uburayi: Ubufaransa n’Ububiligi bafashe icyemezo kigayitse cyo kwica abo bashakanye.

Joseph kabira yasabiwe igihano cyo gupfa
25/08/2025

Joseph kabira yasabiwe igihano cyo gupfa

Umushinjacyaha muri Repubulika ya demokarasi nya Kongo bwasabiye Joseph Kabila wahoze ari Prezida w’icyo gihugu igihano cyo gupfa. Yaburanishwaga n’urukiko r...

U Rwanda rufite minisitiri w'intebe mushya : Justin Nsengiyumva.
24/07/2025

U Rwanda rufite minisitiri w'intebe mushya : Justin Nsengiyumva.

Justin Nsengiyumva yari amaze amezi atanu ku mwanya wa Visi guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu. Asimbuye Edouard Ngirente wari umaze imyaka 8 kuri uwo mwanya.

U Rwanda rufite minisitiri w’intebe mushya: Justin Nsengiyumva.Yari amaze amezi atanu ku mwanya wa Visi guverineri wa Ba...
24/07/2025

U Rwanda rufite minisitiri w’intebe mushya: Justin Nsengiyumva.
Yari amaze amezi atanu ku mwanya wa Visi guverineri wa Banki Nkuru y’Igihugu. Asimbuye Edouard Ngirente wari umaze imyaka 8 kuri uwo mwanya.

Amahame agaruka ku masezerano y’ amahoro Repubulika ya Demokarasi ya Congo yumvikanyeho na ya M23
22/07/2025

Amahame agaruka ku masezerano y’ amahoro Repubulika ya Demokarasi ya Congo yumvikanyeho na ya M23

DRC: abaturage ba Sheferi ya Bashali baravuga ko babayeho mu mudendezo
22/07/2025

DRC: abaturage ba Sheferi ya Bashali baravuga ko babayeho mu mudendezo

Mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo muri teritwari ya Masisi, abaturage baravuga ko nyuma y’intambara umutekano wongeye kugaruka mu duce ba...

Address

The Strand
Strand
WC2B4PH

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Agasaro Network posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Agasaro Network:

Share