03/11/2025
Muri uku kwezi kwa cumi, Abanyarwanda batuye mu bihugu by’Uburayi: Ubufaransa n’Ububiligi bafashe icyemezo kigayitse cyo kwica abo bashakanye. Hari n’uwabigerageje ariko Imana ikinga ukuboko. Mu ntangiriro z’uyu mwaka, umwana w’ingimbi yishe abana b’abakobwa batatu mu Bwongereza. Iyi myitwarire iterwa n’iki?. Inzobere mu buzima bwo mu mutwe Noble Marara avuga ko ihahamuka rikomoka kubyo abanyarwanda banyuzemo mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi rishobora kuba ariyo ntandaro y’ibikorwa by’ubugome bibaranga.
Listen now | Muri uku kwezi kwa cumi, Abanyarwanda batuye mu bihugu by’Uburayi: Ubufaransa n’Ububiligi bafashe icyemezo kigayitse cyo kwica abo bashakanye.