Kigaliconnect.com

Kigaliconnect.com This is Where you can find the Most latest and reliable News Around the World. Whatsapp number 0725965556

Amerika na Israel zakuyemo amatsinda yazo y’abagiranaga imishyikirano na Hamas nyuma y’igisubizo yatanze...
05/08/2025

Amerika na Israel zakuyemo amatsinda yazo y’abagiranaga imishyikirano na Hamas nyuma y’igisubizo yatanze...

Trump yavuze ko "Hamas ishaka gupfa" mu gihe Netanyahu atangaza ko Israel ishaka inzira zindi zo kubohoza imbohe nyuma y’uko ibiganiro..

🔴 ITANGAZO RYIHUTIRWA 🚨💥
05/08/2025

🔴 ITANGAZO RYIHUTIRWA 🚨💥

Birahindutse!🔴iby'itegeko rishya ryo gutwitirwa no Kuboneza urubyaro ku myaka 15 Kigali Connect is a digital m...

Umunyamakuru wa Siporo, Musangamfura Christian Lorenzo, wari umaze igihe mu Rwego rw’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), ak...
02/08/2025

Umunyamakuru wa Siporo, Musangamfura Christian Lorenzo, wari umaze igihe mu Rwego rw’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), akaba yari amaze kubaka izina kuri Radio Rwanda, yerekeje kuri SK FM.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 1 Kanama 2025, ni bwo SK FM yahaye ikaze Musangamfura Lorenzo Christian, ibinyujije mu butumwa bwashyizwe ku mbuga nkoranyambaga zayo.

🔴RIP🔴 Mike Karangwa wamamaye cyane akora mu itangazamakuru mu myaka yatambutse, ari mu gahinda kenshi ko kubura umuhungu...
01/08/2025

🔴RIP🔴 Mike Karangwa wamamaye cyane akora mu itangazamakuru mu myaka yatambutse, ari mu gahinda kenshi ko kubura umuhungu we SHIMWA AYAAN KARANGWA witabye Imana.

🔴RURA yafatiye ibihano MTN Rwanda na KT Rwanda Network kubera ibibazo mu itangwa rya serivisi🔴Urwego rw’Igihugu rushinzw...
31/07/2025

🔴RURA yafatiye ibihano MTN Rwanda na KT Rwanda Network kubera ibibazo mu itangwa rya serivisi🔴
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko rwafatiye MTN Rwanda ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi kubera ibibazo bimaze iminsi bigaragara muri serivisi zayo.
Itegeko N°24/2016 ryo ku wa 18/06/2016 rigenga ikoranabuhanga mu itangazabumenyi n’itumanaho, rigena ko ibihano byo mu rwego rw’ubutegetsi bishobora kuba ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda, bitewe n’amakosa sosiyete yaba yakoze.

Kuva ku itariki ya 27 Nyakanga 2025, abakiriya ba MTN Rwanda bahuye n’ibibazo bikomeye byo gukoresha serivisi zirimo guhamagara, kohereza ubutumwa bugufi (SMS) ndetse na Mobile Money.... Soma byose hano...https://kigaliconnect.com/2025/07/31/rura-yafatiye-ibihano-mtn-rwanda-na-kt-rwanda-network-kubera-ibibazo-mu-itangwa-rya-serivisi/

ICYEGERANYO:Umujyi wacitse ukarigitira mu nyanja. Impaka ku nyubako zagaragaye munsi y’amazi hafi ya Cuba.Mu mwaka wa 20...
31/07/2025

ICYEGERANYO:Umujyi wacitse ukarigitira mu nyanja. Impaka ku nyubako zagaragaye munsi y’amazi hafi ya Cuba.

Mu mwaka wa 2001, itsinda ry’abashakashatsi bo muri Canada ryayobowe na Paulina Zelitsky n’umugabo we Paul Weinzweig, ryatangaje ko ryabonye inyubako zidasanzwe ziri munsi y’amazi hafi ya Cuba, ku bujyakuzimu bwa metero zirenga 600.

Izo nyubako zafashwe amafoto hifashishijwe ikoranabuhanga rya sonar, zagaragaye zisa na pyramide n’izindi nzu zubatse mu buryo budasanzwe, bigakekwa ko ari ibisigisigi by’umujyi waba wararigise mu nyanja imyaka irenga 6,000 ishize. Kanda hano ukomeze u some... https://kigaliconnect.com/2025/07/31/icyegeranyo-umujyi-wacitse-ukarigitira-mu-nyanja-impaka-ku-nyubako-zagaragaye-munsi-yamazi-hafi-ya-cuba/

Umuhanzi Bwiza agiye gukora ibirori byo kwizihiza imyaka 4 ari mu muziki n’isabukuru y’imyaka 26.
30/07/2025

Umuhanzi Bwiza agiye gukora ibirori byo kwizihiza imyaka 4 ari mu muziki n’isabukuru y’imyaka 26.

Masai Ujiri, umwe mu bashinze umuryango Giants of Africa, yasabye urubyiruko rw’Afurika kwizera ubushobozi rufite, gukur...
28/07/2025

Masai Ujiri, umwe mu bashinze umuryango Giants of Africa, yasabye urubyiruko rw’Afurika kwizera ubushobozi rufite, gukura rufite intego no gufasha abandi, avuga ko ejo hazaza h’uyu mugabane hari mu biganza byabo.
Yabitangaje ku Cyumweru, tariki ya 27 Nyakanga, mu nama yahuriyemo urubyiruko yiswe International Youth Day Forum yabereye muri BK Arena i Kigali. Iyo nama yabaye mu rwego rw’ibikorwa by’icyumweru cy’iserukiramuco Giants of Africa Festival kiri kubera mu Rwanda kuva ku ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 2 Kanama 2025. Iki gikorwa cyahuje abasaga 2000 b’urubyiruko ruri mu kigero cy’imyaka 15–19 baturutse mu bihugu 20 by’Afurika.

Mu bashyitsi bakomeye bitabiriye harimo Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’umuyobozi wa African Leadership University (ALU), Fred Swanike.

Uyu munsi ni isabukuru y'amavuko n'umukinnyi wa Filime, .Mureke dufatanye tumwifurize isabukuru nziza y'amavuko kuri uyu...
27/07/2025

Uyu munsi ni isabukuru y'amavuko n'umukinnyi wa Filime, .

Mureke dufatanye tumwifurize isabukuru nziza y'amavuko kuri uyu munsi wihariye mu buzima bwe.

Perezida wa komisiyo ya Eu, agiye guhura na Trump. Soma inkuru yose...
27/07/2025

Perezida wa komisiyo ya Eu, agiye guhura na Trump. Soma inkuru yose...

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko agiye guhurira na Perezida wa Leta Zunze...

26/07/2025

AMASHUSHO: ku mbuga nkoranyambaga HAKOMEJE gucicikana Amashusho y' umwe mu ba Pasiterikazi bakomoka mu gihugu cy' Uburundi, Ari kwigisha kubijyanye n' amabanga yo mu buriri.

Address

Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Kigaliconnect.com posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share