Yongwe TV

Yongwe TV OFFICIAL FACEBOOK PAGE “YONGWE TV” “Believe then Move” / STAR-TIMES Channel 120

Mukiganiro the hot night tura turi kumwe n'umuhanzi Socail mula Atubwira kuri Album ye  yise Confidence ni kwisaha ya sa...
11/01/2025

Mukiganiro the hot night tura turi kumwe n'umuhanzi Socail mula Atubwira kuri Album ye yise Confidence ni kwisaha ya saa 21:0pm Turabararitse.

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria R***r utegerejwe kuririmbira mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, yavuze ko ashaka kuhashora imari...
28/12/2024

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria R***r utegerejwe kuririmbira mu Rwanda kuri uyu wa Gatandatu, yavuze ko ashaka kuhashora imari kuko ari igihugu akunda cyane.

Kuri uyu wa Gatandatu saa 18h00, ikipe y'Igihugu 'Amavubi' irakira Sudani y'Epfo mu mukino wo kwishyura w'ijonjora rya n...
28/12/2024

Kuri uyu wa Gatandatu saa 18h00, ikipe y'Igihugu 'Amavubi' irakira Sudani y'Epfo mu mukino wo kwishyura w'ijonjora rya nyuma mu gushaka itike y'imikino ya CHAN.

Naim qassem yagizwe umuyobozi wa Hezbollah asimbuye    wiciwe i Beirut mu mpera za Nzeri n'igitero cya   .    yavuze ko ...
29/10/2024

Naim qassem yagizwe umuyobozi wa Hezbollah asimbuye wiciwe i Beirut mu mpera za Nzeri n'igitero cya . yavuze ko Qassem yatowe kubera ko asobanukiwe mahame n'intego bya Hezbollah”bati"Imana Ishoborabyose izamuyobore muri ubu butumwa bwiza

Abakanyujijeho muri Real Madrid ndetse nabarimo ubu bagaragaje ko batishimiye kandi ko bashyigikiye Vinicius Junior  nyu...
29/10/2024

Abakanyujijeho muri Real Madrid ndetse nabarimo ubu bagaragaje ko batishimiye kandi ko bashyigikiye
Vinicius Junior
nyuma yuko adahawe Ballon d'or ya 2024 igatwara Rodri wa Manchester City.
Uyu mukinnyi wa Real Madrid yagize ati: "Nzongera kubikora inshuro 10 niba. "

Gicumbi District umusore yafashe Nyina kungufu. ahagana saa yine z’ijoro nibwo byumvikanye nyina w’uwo musore atabazabya...
25/10/2024

Gicumbi District
umusore yafashe Nyina kungufu. ahagana saa yine z’ijoro nibwo byumvikanye nyina w’uwo musore atabaza
byabereye mu murenge wa


Rwanda National Police

Northern Province, Rwanda

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru, SP Mwiseneza Bosco yavuze ko uwo musore yatawe muri yombi nyuma yo guteza umutekano mucye mu baturage bagahurura nijoro.

Yavuze ko hagikorwa iperereza kugira ngo hamenyekane niba hari ibindi byaha yaba yarakoze.

Uwafashwe yafungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Bukure mu gihe iperereza rigikomeje.

Umukecuru bivugwa ko yahohotewe afite imyaka 55. Yari asanzwe abana n’umuhungu we mu nzu.

Muraho! Tubararikiye gukurikira ikiganiro The EVENING GLORY kuri   Tv saa tatu z'umugoroba
18/10/2024

Muraho! Tubararikiye gukurikira ikiganiro The EVENING GLORY kuri Tv saa tatu z'umugoroba

Kuri uyu wa kabiri, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye agatsiko k’abantu batandatu bafashwe, bakurikirany...
17/09/2024

Kuri uyu wa kabiri, Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwerekanye agatsiko k’abantu batandatu bafashwe, bakurikiranyweho ubu bujura bw’imodoka ndetse n’imodoka bari bibye zisubizwa banyirazo.
Imodoka enye mu zo bafatanywe zafatiwe mu Turere twa Nyamagabe, Kayonza na Gicumbi.
Abafashwe bakurikiranyweho ibyaha birimo gushyiraho umutwe w’abagizi ba nabi, gukora no gukoresha ibyangombwa bihimbano no kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya.

Ku Cyicaro Gikuru cya Loni hashyizwe Urumuri rw'Icyizere.
13/09/2024

Ku Cyicaro Gikuru cya Loni hashyizwe Urumuri rw'Icyizere.

Abagenzuzi bwite bifuza ko ubuyobozi bw'ibigo bubaha agaciro
12/09/2024

Abagenzuzi bwite bifuza ko ubuyobozi bw'ibigo bubaha agaciro

FT: Rwanda 0-0 NigeriaIkipe y'igihugu Amavubi inganyije na Nigeria mu mukino wo gushaka itike y'Igikombe cy'Afurika wabe...
10/09/2024

FT: Rwanda 0-0 Nigeria
Ikipe y'igihugu Amavubi inganyije na Nigeria mu mukino wo gushaka itike y'Igikombe cy'Afurika waberaga kuri Stade Amahoro.
U Rwanda rugize amanota 2, mu gihe Nigeria ikomeje kuyobora itsinda D n'amanota 4

Address

Kigali-Gisozi
Gisozi

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Yongwe TV posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share