Ahupa Visual Radio

Ahupa Visual Radio Ahupa Radio is official page of Ahupa Visual Radio owned by Ahupa Business Network Ltd.

The first licensed Visual Radio station in Rwanda

Broadcast Live from Kigali - Rwanda

BREAKING NEWS :Urubanza rwa Dj Toxxyk rurasubitswe kuko yavuze ko atiteguye kandi atigeze abona Dosiye ye rushyizwe tari...
07/01/2026

BREAKING NEWS :Urubanza rwa Dj Toxxyk rurasubitswe kuko yavuze ko atiteguye kandi atigeze abona Dosiye ye rushyizwe tariki 14 Mutarama 2026

  : Papa Cyangwe yakiriwe na Minisitiri Utumwatwishima mu biro Bye
19/11/2025

: Papa Cyangwe yakiriwe na Minisitiri Utumwatwishima mu biro Bye

Umuhanzi Abijuru Lewise  wamenyekanye nka Papa Cyangwe ugeze kure  imyiteguro ye  yo kumurika alubumu ye  ya Kabiri yakiriwe na  Minisitiri w’Urubyiruko n’iterambere  …

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali aho aje mu myiteguro y’igitaramo afite mu minsi iri mbere avuga ko anej...
04/11/2025

Umuramyi Richard Nick Ngendahayo yageze i Kigali aho aje mu myiteguro y’igitaramo afite mu minsi iri mbere avuga ko anejejwe n’urugwiro yakiranywe.
Uwo muramyi umaze imyaka isaga 17 atagera mu Rwanda, yageze ku kibuga cy’Indege Mpuzamanga mu ijoro ry’itariki 03 Ugushyingo, yakiranwa urugwiro n’abaramyi bagenzi be batandukanye.

 Perezida Kagame, uri i Riyadh muri Arabie Saoudite, yabonanye n'Igikomangoma cya Arabie Saoudite, Mohammed bin Salman, ...
27/10/2025



Perezida Kagame, uri i Riyadh muri Arabie Saoudite, yabonanye n'Igikomangoma cya Arabie Saoudite, Mohammed bin Salman, baganira ku kwagura umubano w'iki gihugu n'u Rwanda mu nzego zitandukanye.

  Perezida Kagame yashimiye abamwifurije isabukuru Nziza
24/10/2025

Perezida Kagame yashimiye abamwifurije isabukuru Nziza

Ku wa kane  tariki  ya 23 Ukwakira 20225 nibwo Perezida wa Repubulika Paul Kagame yujuje  imyaka 68 y’amavuko ,umunsi abanyarwanda mu nzegi zose  ndetse nabayobozi  bakomey…

  : Lionel Messi yongerewe imyaka itatu muri Inter Miami
24/10/2025

: Lionel Messi yongerewe imyaka itatu muri Inter Miami

Rutahizamu w’Umunya-Argentine, Lionel Messi, yongereye amasezerano azatuma ageza imyaka 41 akiri umukinnyi wa Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Messi yasinye indi myaka itatu izaran…

  : Davido yagiranye  ibiganiro na Perezida Macron w’Ubufaransa
24/10/2025

: Davido yagiranye ibiganiro na Perezida Macron w’Ubufaransa

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, yatangaje ko impamvu y’inama yagiranye na Perezida Macron yari gusangira icyerekezo cyo kugira isi irusheho kuba nziza. Uyu mugabo w’imyaka 32 …

  Kim Kardashian yatangaje ko afite ikibazo cy’ubwonko
24/10/2025

Kim Kardashian yatangaje ko afite ikibazo cy’ubwonko

Kim Kardashian, w’imyaka 45, yatangaje ko yamenye ko afite ikibazo cy’ubwonko ubwo yaganiraga n’umuryango we mu gice cy’imbere cy’ikiganirocy’uruhererekane rwa The Kardashians cy ‘uyu mwaka. Mu kig…

  Yemi Alade  yavuze uko kubeshya imyaka ye byamuteye Ihungabana
24/10/2025

Yemi Alade yavuze uko kubeshya imyaka ye byamuteye Ihungabana

Umuhanzikazi w’umunya-Nijeriya ukomeye muri Afrobeat, Yemi Alade, yatangaje ko kuba yaramaze imyaka myinshi abeshya imyaka ye byigeze kumuviramo kujya mu bihe bikomeye by’ihungabana. Mu kiganiro ah…

Davido yishimiye guhura na Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron.Perezida Macron yakiriye Davido ku mugoroba wo  uyu w...
24/10/2025

Davido yishimiye guhura na Perezida w'u Bufaransa, Emmanuel Macron.

Perezida Macron yakiriye Davido ku mugoroba wo uyu wa Kane tariki 23 Ukwakira 2025

Address

Centernary House, 2nd Floor
Kigali
0250

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Ahupa Visual Radio posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Ahupa Visual Radio:

Share

Category