16/09/2025
Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda nyuma gusuzuma ikibazo cy’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi ivuga ku Rwanda, isaba ko ingabire Victoire afungurwa, yanzuye ko leta y’u Rwanda yigenga, ifite ubusugire ,demokarasi kandi igendera ku mategeko .
kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15 Nzeri 2025, nibwo Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda imitwe yombi, basuzumaga ikibazo cy’inyungu rusange cyerekeye umwanzuro (2025/2861(RSP)) wo ku wa 11 Nzeri 2025, w’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi uvuga ku Rwanda.
Inteko Ishingamategeko y’Ubumwe bw’Uburayi yemeje umwanzuro wo kwamagana urubanza rwa Victoire Ingabire, isaba ko arekurwa “aka kanya”, ivuga ko rurimo “amakosa akomeye”.
Soma inkuru irambuye:
https://umunota.com/inteko-yu-rwanda-yibukije-eu-ko-demokarasi-ya-mpatsibihugu-yarangiye/
✍️:
Inteko Ishingamategeko y’u Rwanda nyuma gusuzuma ikibazo cy’Inteko Ishinga Amategeko y’Ubumwe bw’Uburayi ivuga ku Rwanda, isaba ko ingabire Victoire afungurwa, yanzuye ko leta y’u Rwanda yigenga, ifite ubusugire ,demokarasi kandi igendera ku mategeko .