
22/08/2024
Ibihugu by'Abarabu nibyo byambere bifite abaturage babayeho neza kandi bakorera n'amafaranga menshi cyane hameze nko kuba muri Paradizo muri United States of Arab ariko hashize imyaka 13 hari Igihugu cyarushaga Dubai ubuzima bwiza kubene gihugu bagituye hano muri Africa nkubwo Libiya ya Kadaff yarifite amashuri y'ubuntu ibitaro by'ubuntu amazu yo kubamo ari ubuntu ubukwe ari leta ibugukorera hanyuma warangiza kwiga ukabona akazi abadafite akazi babona ibiryo by'ubuntu niyo yari paradizo yambere mw'isi kurenza nizo z'Amerika ntacyo umuturage waribiya wari ku mukangisha ngo uri umu nyamerika cg uri umuturage wa Dubai