ATV Rwanda

ATV Rwanda Real stories from and about Rwanda 🇷🇼
📈 Business | 🗳 Politics | Social Issues

Myugariro ukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’, watangajwe na Chennaiyin FC yo...
11/08/2026

Myugariro ukinira ikipe y’igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’, watangajwe na Chennaiyin FC yo muri Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Buhinde, yavuze ko yifuza kuyihesha igikombe iheruka mu 2018.

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakoze urugendo rw’ibanga ava muri Turikiya akoresheje indi ndeg...
11/08/2026

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakoze urugendo rw’ibanga ava muri Turikiya akoresheje indi ndege ya gisirikare, nyuma y’amakuru y’uko hari umugambi wa Iran wo kumwica.

Akarere ka Mbarara muri Uganda, kaje ku isonga mu kugira umubare munini w’abagore bakora uburaya bafite Virusi itera Sid...
11/08/2026

Akarere ka Mbarara muri Uganda, kaje ku isonga mu kugira umubare munini w’abagore bakora uburaya bafite Virusi itera Sida, nk’uko bigaragazwa n’ubushakashatsi bushya bwa Crane 4 Biomedical Sentinel Surveillance.

Urugendo rw’indege ya sosiyete ya Porter Airlines muri Canada rwasubitswe nyuma y’uko umwana wari uri mu bagenzi yanze k...
11/08/2026

Urugendo rw’indege ya sosiyete ya Porter Airlines muri Canada rwasubitswe nyuma y’uko umwana wari uri mu bagenzi yanze kwambara umukandara wo mu ndege, bituma indege idashobora guhaguruka kubera impungenge z’umutekano.

Abantu barenga 100 bamaze kugwa mu mutingito ukomeye wibasiye uburengerazuba bwa Colombia ku wa 10 Kanama ugasenya inyub...
11/08/2026

Abantu barenga 100 bamaze kugwa mu mutingito ukomeye wibasiye uburengerazuba bwa Colombia ku wa 10 Kanama ugasenya inyubako, ukangiza ibitaro n’ibikorwa remezo.

Uyu mutingito ni wo ukomeye kurusha iyindi yose yabaye muri Colombia muri iki kinyejana.

This week’s edition of The Dawn examines Rwanda’s transformation and the people, institutions, and ideas shaping its fut...
11/08/2026

This week’s edition of The Dawn examines Rwanda’s transformation and the people, institutions, and ideas shaping its future.

Leading stories revisit the legacy of Rwanda's liberation, the role of young Rwandans in the country’s future, efforts to help former rebels rebuild through education, and the intervention of M23 in DRC's MINEMBWE.

The editorial pages examine Rwanda’s alcohol crackdown and the importance of youth to national development.

Health, agriculture, and technology are in focus, with coverage of research, cybersecurity, technology in potato farming, and the growth of horticultural exports.

A special pullout marks 10 years of the RNIT Iterambere Fund, featuring interviews and stories on its growth, mobile investment access, the unit-trust model, and Rwanda’s changing investment culture.

Get a hard copy at your nearest vendor or read the ePaper here:

https://thedawnrwanda.com/index.php/3d-flip-book/the-dawn-e-paper-issue-6th-12th-august-2026/

Jeff Bezos, washinze sosiyete ya Amazon n’ikigo gikora ubushakashatsi ku isanzure n’ibyogajuru, Blue Origin, ageze kure ...
10/08/2026

Jeff Bezos, washinze sosiyete ya Amazon n’ikigo gikora ubushakashatsi ku isanzure n’ibyogajuru, Blue Origin, ageze kure umushinga wo kugura ⅓ cy’imigabane mu ikipe ya Liverpool.

Umugabo witwa Stefan Panis wo mu Mujyi wa Bornem mu Ntara ya Antwerp mu Bubiligi, yavumbuye icupa rito rya Guinness riri...
10/08/2026

Umugabo witwa Stefan Panis wo mu Mujyi wa Bornem mu Ntara ya Antwerp mu Bubiligi, yavumbuye icupa rito rya Guinness ririmo inzoga rikiri rizima kandi rifunze neza, ryakozwe mu 1864.

Yaribonye ari mu bikorwa byo gushakisha ubwato bwari butwaye imizigo bwarohamye mu nyanja. Iri cupa Stefan Panis yabonye mu bisigazwa byari munsi y’inyanja, yahise abona ko rigifunze.

Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko nta cyemezo kigaragaza ko bisi bemerewe mu masezerano ya Airtel...
10/08/2026

Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko nta cyemezo kigaragaza ko bisi bemerewe mu masezerano ya Airtel ihari, ariko hari gushakwa izindi nzira yabonekamo.

10/08/2026

Depite Oscar Sudi usanzwe ari umunyamuryango w’ishyaka UDA riri ku butegetsi bwa Kenya yabaye igitaramo ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kunyura hagati ya Perezida William Ruto n’umugore we, Rachel Ruto.

Address

Kigali
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when ATV Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share