RUA Rwanda

RUA Rwanda ruarwanda.com

16/08/2026

yavuze kubyo gukorana indirimbo na , avuga ko igihe gikwiye kitaragera!

Nyuma y'uko umugore we, Tessy, asabye imbabazi ku magambo yavuze yibasira abafana ba Rayon Sports, Shizzo nawe yasibye u...
16/08/2026

Nyuma y'uko umugore we, Tessy, asabye imbabazi ku magambo yavuze yibasira abafana ba Rayon Sports, Shizzo nawe yasibye ubutumwa bwari kuri Instagram ye aho yari yabise "injiji" ibyatumye yibasirwa bikomeye ku mbuga nkoranyambaga.

Kugeza ubu konti ya instagram ya Shizzo ntiri kugaragara.

Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez bakoze ubukwe bwabo mu buryo bwihariye, bwabereye mu rugo rwabo.Georgina yavuze ...
16/08/2026

Cristiano Ronaldo na Georgina Rodríguez bakoze ubukwe bwabo mu buryo bwihariye, bwabereye mu rugo rwabo.

Georgina yavuze ko bahisemo ubu buryo kugira ngo bubasigire urwibutso rwihariye nk’umuryango, aho kuba ubukwe bunini burimo abantu benshi.

Ati: “Mu myaka 30 iri imbere ndashaka ko abana bazatekereza bati: ‘Ikintu cyiza cyabereye kuri iyi meza, ni ho ababyeyi bacu basezeranye.’”

Aba bombi basezeranye ku wa 10 Kanama 2026, umunsi wari wujuje imyaka 10 bahuye bwa mbere ubwo Georgina yakoraga muri Gucci i Madrid.

Nubwo bahisemo ubukwe bworoheje, Georgina yavuze ko mu gihe kizaza bashobora kuzagira ubundi bukwe bunini bwo kwizihizamo n’umuryango n’inshuti.

Cristiano na Georgina bari bamaze imyaka myinshi bakundana, ndetse basezeranye mu 2025 (Engagement).

16/08/2026

Papi Clever na Dorcas nabo bataramiye abitabiriye igiterane cya ‘Rwanda Shima Imana 2026’

16/08/2026

Ubwo Tonzi yaririmbaga indirimbo ye ‘Nzajya Nkusingiza Yesu’ mu giterane cya Rwanda Shima Imana.

16/08/2026

Rene Patrick na Tracy Agasaro bataramiye abitabiriye Rwanda Shima Imana.

16/08/2026

Uyu munsi, Stade Amahoro yakiriye igiterane ngarukamwaka cya Rwanda Shima Imana.

Cristiano Ronaldo yatangaje ko umwaka w’imikino 2026/27 ushobora kuba ari wo wa nyuma akina umupira w’amaguru.Mu kiganir...
16/08/2026

Cristiano Ronaldo yatangaje ko umwaka w’imikino 2026/27 ushobora kuba ari wo wa nyuma akina umupira w’amaguru.

Mu kiganiro yagiranye na Vogue, uyu mukinnyi w’imyaka 41 yavuze ko yifuza gusiga umurage ukomeye mu mupira w’amaguru, anavuga ko yamaze gutegura ubuzima bwe bw’ahazaza.

Ati: “Uyu ushobora kuba ari umwaka wanjye wa nyuma mu mupira w’amaguru, kandi ndashaka gusiga umurage udasanzwe. Ejo hazaza hanjye narahateguye.”

AS Kigali yahinduriwe izina yitwa 'Kigali Football Club'.
16/08/2026

AS Kigali yahinduriwe izina yitwa 'Kigali Football Club'.

16/08/2026

Nawe wumvise yararirimbye nka muri 'QUE PASO'

Address

Kk 509 Street Kigali
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when RUA Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share