Kigali Today

Kigali Today News about Rwanda and headlines from Africa. Breaking news about its people, politics and economy from Kigali Today.

www.kigalitoday.com ni ikinyamakuru gikorera kuri Interineti cya sosiyete yigenga “Kigali Today Ltd”. Iki kinyamakuru kihaye inshingano yo gukora itangazamakuru ry’umwuga kugira ngo Abanyarwanda aho bari hose n’abandi bagisura bagire amakuru afatika, yizewe kandi atabogamye. Kugira ngo ibyo bigerweho, www.kigalitoday.com ikoresha abanyamakuru babyize kandi babifitiye uburambe, bubahiriza kandi bak

aba banasobanukiwe n’amahame (deontological code) agenga umwuga wabo. Tuzajya tubagezaho inkuru zanditse, izo mu majwi, mu mashusho, mu bishushanyo ndetse dukoreshe n’ubundi buryo bwose bwakoreshwa mu gutanga amakuru, kwigisha, kuvuganira ndetse no gushimisha abasura urubuga rwacu.

RIB yafunze Habiyambere Maurice, umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe guteza im...
17/07/2025

RIB yafunze Habiyambere Maurice, umuyobozi ushinzwe ibikorwa (Operations Manager) mu Kigo cy'Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry'ibikomoka ku buhinzi n'ubworozi (NAEB). Akurikiranyweho ibyaha byo kwigwizaho umutungo n'iyezandonke.

Afunzwe nyuma y'iperereza ryakozwe ku imenyekanisha ry’umutungo we mu Rwego rw’Umuvunyi, ritavugisha ukuri agamije guhisha inkomoko y’uwo mutungo.

RIB iraburira abantu basabwa n’itegeko kumenyekanisha umutungo wabo mu Rwego rw’Umuvunyi, kujya bakora imenyekanisha ry’ukuri no kwirinda guhisha imitungo kuko kunyuranya na byo bibakurura mu bikorwa bihanwa n’amategeko.

Muri Kenya, muri Kawunti ya Mombasa, abaturage batashywe n'ubwoba nyuma y'abantu bane bishwe n'indwara kugeza ubu itaram...
17/07/2025

Muri Kenya, muri Kawunti ya Mombasa, abaturage batashywe n'ubwoba nyuma y'abantu bane bishwe n'indwara kugeza ubu itaramenyekana iyo ari iyo.

Muri Kenya, muri Kawunti ya Mombasa, abaturage batashywe n’ubwoba nyuma y’abantu bane bishwe n’indwara kugeza ubu itaramenyekana iyo ari iyo.

-Kwamamaza
17/07/2025

-
Kwamamaza

Kwamamaza Goshen Finance PLC: Invitation for tender offer 17-07-2025 - 19:37'    |     Ibitekerezo ( ) Ibitekerezo   Ohereza igitekerezo Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. , Turabashimiye. Izina Email Igitekerezo cyanyu Please leave t...

-Amatangazo
17/07/2025

-
Amatangazo

Amatangazo Goshen Finance PLC: Invitation for tender offer 17-07-2025 - 19:34'    |     Ibitekerezo ( ) Ibitekerezo   Ohereza igitekerezo Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. , Turabashimiye. Izina Email Igitekerezo cyanyu Please leave ...

Hari hashize imyaka isaga 60, u Bufaransa buhoza ingabo zabwo muri Senegal, ariko kuri uyu wa 17 Nyakanga bwatanze ibiri...
17/07/2025

Hari hashize imyaka isaga 60, u Bufaransa buhoza ingabo zabwo muri Senegal, ariko kuri uyu wa 17 Nyakanga bwatanze ibirindiro bya nyuma muri Senegal, (…)

Hari hashize imyaka isaga 60, u Bufaransa buhoza ingabo zabwo muri Senegal, ariko kuri uyu wa 17 Nyakanga bwatanze ibirindiro bya nyuma muri Senegal, akaba ari nabyo byari (…)

Abagore barenga ibihumbi 16 bo mu Karere ka Ngoma barishimira ko amahugurwa bahawe na Banki Nkuru y'Igihugu (BNR), ku gu...
17/07/2025

Abagore barenga ibihumbi 16 bo mu Karere ka Ngoma barishimira ko amahugurwa bahawe na Banki Nkuru y'Igihugu (BNR), ku gukoresha serivisi z'imari (…)

Abagore barenga ibihumbi 16 bo mu Karere ka Ngoma barishimira ko amahugurwa bahawe na Banki Nkuru y’Igihugu (BNR), ku gukoresha serivisi z’imari hifashishijwe ikoranabuhanga (…)

Perezida w'Umutwe w'Abadepite, Kazarwa Gertrude, kuri uyu wa Kane tariki 17 Nyakanga 2025, mu Nteko Ishinga Amategeko y'...
17/07/2025

Perezida w'Umutwe w'Abadepite, Kazarwa Gertrude, kuri uyu wa Kane tariki 17 Nyakanga 2025, mu Nteko Ishinga Amategeko y'u Rwanda, yagiranye ibiganiro na (…)

Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Kazarwa Gertrude, kuri uyu wa Kane tariki 17 Nyakanga 2025, mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa Sudani mu (…)

PostSee new postsConversationKigali TodayUmugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama ya 3...
17/07/2025

Post

See new posts
Conversation
Kigali Today

Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yitabiriye inama ya 34 y'Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye mu Karere ka Afurika y'Iburasirazuba (EASF) irimo kubera i Mogadishu muri Somalia kuva kuri uyu wa 17 kugeza ku ya 19 Nyakanga 2025.

Gen Mubarakh Muganga yaherekejwe muri iyi nama na Komiseri ushinzwe ibikorwa bya Polisi n'ituze rusange, Commissioner of Police (CP) George Rumanzi uhagarariye Umuyobozi Mukuru wa Polisi y'u Rwanda.

Iyi nama yahuje Abagaba Bakuru b’Ingabo n’abandi bakora mu nzego z'umutekano baturutse mu bihugu bigize EASF. Biteganyijwe ko izibanda ku bibazo by'ingenzi bya Politiki n'ingamba zigamije kurushaho gushimangira amahoro n'umutekano mu Karere.

Ibihugu umunani mu icyenda bigize uyu muryango birimo u Burundi, Comoros, Djibouti, Ethiopia, Kenya, u Rwanda, Somalia, Sudan na Uganda, byitabiriye iyi nama uretse Seychelles.

Ubukangurambaga bwa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) bwo gushishikariza abagore guhererekanya amafaranga hifashishijwe ikora...
17/07/2025

Ubukangurambaga bwa Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) bwo gushishikariza abagore guhererekanya amafaranga hifashishijwe ikoranabuhanga rya telephone, bumaze kugera ku bagore barenga ibihumbi 36 bahuguriwe mu Turere twa Nyamasheke, Nyaruguru, Rulindo, Gakenke na Ngoma.

Biteganyijwe ko muri buri Karere nibura hazahugurwa abagore 7,500 mu Turere 17 twiganjemo utwo mu bice by’icyaro ariko bukazagera ku bagore 127,000.

Imibare ya BNR igaragaza ko abagore bakiri hasi mu gukoresha serivisi z’imari zikoreshejwe telefoni kuko bari kuri 72% mu gihe abagabo bari kuri 81%.

BNR igaragaza ko hari abagore barenga Miliyoni badakoresha izo serivisi bityo ubwo bukangurambaga bugamije kugabanya icyo cyuho kikigaragara.

Biteganyijwe ko ubu bukangurambaga buzaba bwageze mu turere twose duteganyijwe mu gihe cy’umwaka umwe kandi bwitezweho kuzamura imyumvire kuri serivisi z’imari.

Umushinga wo gukangurira abagore gukoresha telefone ngendanwa mu guhererekanya amafaranga, watangijwe na BNR nyuma yo ku...
17/07/2025

Umushinga wo gukangurira abagore gukoresha telefone ngendanwa mu guhererekanya amafaranga, watangijwe na BNR nyuma yo kubona icyuho cyari kiri hagati y'abagabo n'abagore, utangirizwa mu Karere ka Nyamasheke.

Mu Karere ka Ngoma honyine usize abagera ku 16, 385 bigishijwe gukoresha Mobile Money, banahawe ubumenyi bubafasha gucunga amafaranga neza no kugira uruhare mu iterambere ry’ubukungu.

Hanafunguwe konti nshya zirenga 4,000, izindi zari zarasinziriye zisubizwaho, bifasha mu kongera umubare w’abagore bitabira serivisi z’imari ku rwego rw’ibanze.

Mu Karere ka Ngoma harimo gusozwa ubukangurambaga bwo gushishikariza abagore kwishyura bakoresheje ikoranabuhanga hagami...
17/07/2025

Mu Karere ka Ngoma harimo gusozwa ubukangurambaga bwo gushishikariza abagore kwishyura bakoresheje ikoranabuhanga hagamijwe kubafasha gukoresha no kugerwaho na serivisi z'imari by'umwihariko bakoresha telefone zigendanwa (Mobile Money)

Ni ubukangurambaga burimo gusozwa n'abayobozi batandukanye barimo Guverineri wa Banki Nkuru y'u Rwanda (BNR) Soraya Hakuziyaremye hamwe Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba, Pudence Rubingisa.

VIDEO - Umwana wo muri Nyabihu ukora imodoka zitwarwa n'umwuka, avuga ko yari agiye gukora imbunda, ariko baramubuza.
17/07/2025

VIDEO - Umwana wo muri Nyabihu ukora imodoka zitwarwa n'umwuka, avuga ko yari agiye gukora imbunda, ariko baramubuza.

Iyi video irerekana umwana wo mu Karere ka Nyabihu ufite impano y'akataraboneka. Twamusanze ahazwi nka Downtown mu Mujyi wa Kigali arimo kwerekana imashini i...

Address

Mont Kigali

Opening Hours

Monday 08:00 - 17:00
Tuesday 08:00 - 17:00
Wednesday 08:00 - 17:00
Thursday 08:00 - 17:00
Friday 08:00 - 17:00

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Kigali Today posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Kigali Today:

Share