11/05/2020
Inkuru yanjye.................
Uruhare rwanje mukubaho ndarutanga ariko umubyeyi wanjye ntabyamenya kuko ntawukiri.
Umusi umwe,igitondo kimwe,umubye w'umugore yahuye n'undi mugabo bashinga urugo.
Umugabo yari umusirikare mugihe umugore we yari umwigisha mwiza yigisha abana we indero runtu y'ukuri n'urukundo ndetse bakanirinda.
Nyuma bagiye kubyara abana batandatu.
Muribo hari umukobwa umwe gusa ariko uwo mukobwa yamaze igihe gito mwisi bari batuyemo.
Muribo kandi harimwo umwana w'um8u8ungu yavutse mbere y'uwo mukobwa.
Yavutse ubugira gatatu avuka ari umwana azi ubwenge ariko akubagana cyane.
Uko uwo mwana wumuhungu yabaho yavuka agakura niko mukandi gace havuka hagakura umwana w'umukobwa.
Aba bana bose ntabwo bari bahuje imiryango bavukamwo..
Iwabo w'u8uhungu bari bafise amacaubiri adasanzwe ndetse ateye ubwoba.
Nanone habayeho ikibazo umwuryango uratana.
Byatumye ahangayika mukubaho ariko yakomeza kwihanganira ibimugerageza.
Nyina yarapfuye ndetse nyina w'umukobwa avana n'u8u642bo baratandukana.
Umwana w'umukobwa yakuze asenga cyane ndetse akura ahabwa ubufasha n'abandi bantu mugihe umuhunguwe yarerewe mw'irerero ry'impfubyi.
Yipfuza umuryango mwiza,usenga kandi uhesha Imana icyubahiro.
Nyuma y'igihe yashatse umugore ariko amushaka mugihe yakorera letat yiwabo mumpisho kandi ntabwo yararekuriwe gushaka umugore akiri murako kazi.
Amezi 4 mbere y'uko babana barasezeranye.
Ese byagenze gute kugira basezerane?
Karibu...
Know now Inkuru yanjye.