RwandaBeyond

RwandaBeyond Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from RwandaBeyond, News & Media Website, .

27/10/2022

Cristiano Ronaldo yatangiye kwereka Ten hag na Manchester United ye ko bamwibeshyagaho cyanee kuko umukino bahuyemo nikipe yitwa Sheriff bayitsinze ibitego bitatu kubusa. Harimo igitego cya Cristiano Ronaldo kumunota wa 81’ arinacyo cyaje gishimangira insinzi

27/10/2022

irushanwa rya Uefa Europa League abenshi bita murumuna wa Uefa Champions League ni irushanwa ryatangiye 1971 ribera kumugabane w’iburayi. Uyumwaka iri rushanwa ryaba rigiye gukurikiranwa cyane bitewe n’ama ekipe agiye kurikina n’abakunzi bayo bayakunda Kandi bayakurikirana. amakipe akomeye dushobora gusanga muri irushanwa ayizongera kuri Manchester United, Arsenal zisanzwe ziri muri iri rushanwa. Uefa champions league amakipe akomeye ashobora gusezererwa tukayasanga muri Europa League nyuma yo kunanirwa kwitwara neza muri Champions League....

27/10/2022

Umuhanzi Rema wo muri Nigeria yatynguwe nuko nawe yumuvise ijwi ryindirimbo ye muri filime igiye gusohoka mu gushyingo tariki ya 11 witwa wakanda. uyu muhanzi umaze iminsi afite indirimbo zikunzwe cyanee ubu noneho nawe yabyutse atungurwa Kandi anashimira uwaba yaragize uruhare kugira ijwi rye ryumvikane muri iyi filime ya WAKANDA

27/10/2022

Nyuma yuko Cristiano Ronaldo atagaragaye kumukino wahuje Manchester United hamwe na Chelsea. nanyuma yaho agaragaye mushusho yo kwanga gusuzugurwa na Manchester United akanga kujya mukibuga kumunota wa 87’ asimbuye kumukino wabahuje na Tottenham ho bari babonye insinzi yibitego Bibiri. ahubwo agahitamo kwerekeza murwambariro yaje guhagarikwa n’umutoza we Ten hag. gusa byahise beteza impagaraga mubinyamakuru hirya no hino bibaza Ese koko Cristiano Ronaldo arashaje cyangwa nikipe ye idashoboye....

27/10/2022

Fc Barcelona nyuma yamateka menshi ubu haribazwa Ese byababipfirahe ko ikipe ibona insinzi bigoranye mamarushanwa mpuza mahanga kumugabane wuburayi. Fc Barcelona nikipe yagiye kusoko Ugire buri wese yifuzaga kusoko ryigura nigurisha ariko bikibazwa Ese byaba Ari byabindi urwanira byinshi ukabura nibyo warufite. Fc Barcelona itsinzwe na Bayern Munich ibitego 3 kubusa aho birangiye ibuze amahirwe yo kwerekeza muri kimwe cya munani 1/8 muri champions league....

26/10/2022

BOB MARLEY yasize umurage nkumuziki ukomeye winjyana ya reggae. Mundirimbo nyinshi zamuranze harimo 'No Woman No Cry', 'One Love', 'Could You Be Loved', and 'Redemption Song', Bob Marley kuririmbi nizimwe mumpano yarafite mubuzima bwe yageze Kure ituma amenyekana kw’isi hose. Bob Marley yakuriye mudini ryabagaturika (Catholic) ariko nyuma yaho yaje gukunda imyitwarire yaba Rastafari nibwo yafashe umwanzuro wo muyoboka Rastafari mumwaka wa 1960....

23/10/2022

Itangazo rigiye hanze mumasaha make ashize nuko rimenyesha abanyeshuri n’abakozi ba IPRC ishami rya Kigali ritangaza ko ir’ishuli ribaye ifunzwe mugihe kibyumweru bibiri uhereye nonaha. Impamvu iteye ifungwa ry’irishuri rikuru ryakaminuza nukubera hagiye gukorwa iperereza k’ubujura n’imyitwarire mibi yo kwiha umutungo rusange wa Leta ririmo gukorwa rikomeze ntakiribangamiye.

23/10/2022

Uyu munyabigwi wumwongereza uherutse gutwara igikombe cy’si cya 2020 mumukino w’amaboko ya Cricket Kevin Pietersen yiyamye Manchester United ayibwira ko idakwiye gukinira kuzina rye kubera agasuzuguro isuzugura CRISTIANO RONALDO. PIETERSEN yabwiye Manchester United gukora ifoto yisuraye kurubuga rwayo rwa Instagram aho yagize ati ” mufashe isura yanjye hasi sinshaka gukorana nikipe ifite umutoza ukinira akanasuzugura umukinnyi w’umupira w’amaguru wibihe byose kuri twe....

23/10/2022

Nyuma ya magambo menshi cyane yabayeho hagati yimikoranire itaragenze neza kumuhanzi Papa Cyangwe na Rocky wari manager we. Ubu Papa Cyangwe akoranye indirimbo n’umuhanzi w’umuhanga cyanee bita Sean Brizz ivuga kubuhemu bwa Rocky. “Agatwiko” n’indirimbo yagiye hanze kuburyo bw’amajwi gusa aho usangamo amagambo menshi cyane agaruka kumubano wa Papa Cyangwe na Rocky n’itandukana ryabo. Ahenshi uyu muraperi Papa Cyangwe yanyuze mubitangaza makuru yavuze ko “Rocky ari umuhemu cyane” avuga ko impamvu yabivuze gutyo ngo yakoze byinshi ariko we akabura umusaruro wabyo....

20/10/2022

Bamwita Muammar Muhammad Abu Minyar al-Gaddafi ayo niyo mazina ye yose. Yari umusirikare ukomeye cyanee yewe utanavugirwamo kukintu gihabanye nimyumvire yicyo ashaka ko kiba. Colonel Muammar Gaddafi wavutse taliki ya June 7, 1942, Qasr Abu Hadi, Libya. yaje kuba igihangange kw’isi hose aba benshi mubanyafuruka bamufata nki ntwari yabo cyane cyane abarabu(Arabian). Nyuma yo kuyobora itsinda ry’abasirikare bakuru ba Libya barwanya umwami Idris wa Mbere mu ihirika ryubutegetsi bwa cyami kudeta (Coup d’Etat) nyuma yaho umwami yaje guhunga igihugu, akanama gashwinzwe kuyobora impinduramatwara (RCC) kayobowe na Gaddafi kavanyeho ubwami n’itegeko nshinga rya kera kandi bashaka gushyiraho repubulika y’abarabu ya Libya ifite intego igira iti “umudendezo, ubusosialisite n’ubumwe....

20/10/2022

Cristiano Ronaldo yavuye muri Old Trafford mbere yifirimbi ya nyuma

18/10/2022

Bamwita Lucky Phillip Dube wavutse itariki ya 3 Kanama 1964 avukira ahitwa Elmero, akurira ahitwa Transvaal ubu hitwa (Mumpalanga) mugihugu cya Afurika yepfo(South Africa). Ababyeyi be baje gutandukana mbere yuko Lucky Dube avuka Ubwo Nyine yaratwite uyumuhanzi wamamaye cyanee. Nuko aza kurerwa na nyina gusa. Akimara kuvuka yamwise Mahirwe (Lucky) izina yamwise bitewe nibibazo byo gutwita abana bikanga sibigende neza nyina yagiye ahura nabyo....

Address


Alerts

Be the first to know and let us send you an email when RwandaBeyond posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

  • Want your business to be the top-listed Media Company?

Share