The big blogger

The big blogger Support the page by following like and share🫡🥰🥰

Karasira yitabye Imana muri iki gitondo cyo kuwa 7 Gicurasi 2026 azize kunywa Imiti myinshi irengeje urugeroyitabye Iman...
07/05/2026

Karasira yitabye Imana muri iki gitondo cyo kuwa 7 Gicurasi 2026 azize kunywa Imiti myinshi irengeje urugero

yitabye Imana habura amasaha macye ngo asohoke gereza kuko igifungo cye cyimyaka itatu yarakirangije

kubera uburwayi bwo mumutwe yarafite yafataga imiti buri munsi mbere yo kuryama

mu ijoro ryakeye ahagana saa 12'00 zijoro nibwo yasanzwe yapfuye azize gunywa imiti myinshi irengeje iyo yanywaga

hategerejwe icyemezo cya Muganga ngo hamenyekane icyaba cyabiteye

27/04/2026

27/04/2026

Harya Leta ifasha ikanahuza abarongorana yitwa gute😂😂😂😂😂😂😂

nimubwire abazi ibyiyindwara
26/04/2026

nimubwire abazi ibyiyindwara

Sebarundi sendagara semvoka yongeye kugirirwa ikizere na FDNB eeeeeeeh..Imana irihangana..ubu kandi disi abarundi wabona...
26/04/2026

Sebarundi sendagara semvoka yongeye kugirirwa ikizere na FDNB eeeeeeeh..Imana irihangana..
ubu kandi disi abarundi wabona nukuntu batagira ubwenge bongeye kumutora

ibyohe gusa

mu kinywarwanda cyiza baravuga ngo iyo Imana igutindije iragutegera umwana muto wimyaka 14 witwa   ukomoka muri Ethiopia...
26/04/2026

mu kinywarwanda cyiza baravuga ngo iyo Imana igutindije iragutegera

umwana muto wimyaka 14 witwa ukomoka muri Ethiopia yakoze ibintu bitegeze bikorwa nabanyamideri bose bagiye bamenyekana..aho ubungubu isi yose ariwe ihanze amaso

mu minsi ishize company ya yamusabye ko bakorana collabo(featuring) kugirango post ze nabo bazikoreshe batitaye kuri phone akoresha afata video batitaye kumenda akoresha muri ubu buhanzi bwe dore ko amaze amezi agera kuri abiri akoresha instagram akaba amaze gukurikirwa nabarenga followers...instagram yagerageje kumwandikira..ariko igitangaje nuko uyu mwana cq uyu musore yanze kubasubiza

nyuma yuko bibaye company nyinshi zakomeje kwifuza uyu musore ndetse nabikorera kugiti cyabo ariko kugeza nubu uyu mwana ntakintu nakimwe aratangaza

Ese mwe murabona kuba uyu mwana atari gusubiza abakire bari kumusaba ubufatanye atari kwifungira amayira?

harya ubundi uyu mugabo akora iki  Amafranga ari gutanga ayakurahe
26/04/2026

harya ubundi uyu mugabo akora iki
Amafranga ari gutanga ayakurahe

Ariko ubundi uyu mugabo afite ikihe kibazo President wa Uganda   na President wa kenya   baburiye uyu musaza ngo ni   ud...
26/04/2026

Ariko ubundi uyu mugabo afite ikihe kibazo

President wa Uganda na President wa kenya baburiye uyu musaza ngo ni udasha kumva ko naramuka afashe umwanzuro wo gutera u Rwanda azabaga akifasha ko ntawe uzamushyigikira

Nimugihe ingabo zuburundi ziherereye muri muntambara batazi icyo barwanira bakomeje gutabaza ngo babatabare kuko babayeho nabi bagiye kwicwa ninzara mbere yuko bicwa namasasu

umwe mubashatse kwivugana   yafashwe rugikubita atararenga umutaru..aho abashinzwe umutekano wa Trump bakoze akazi gakom...
26/04/2026

umwe mubashatse kwivugana yafashwe rugikubita atararenga umutaru..aho abashinzwe umutekano wa Trump bakoze akazi gakomeye baburizamo icyo gitero

Donald Trump nkigihangane yanze kuripfana ashyira hanzwe amashusho yuwashatse kumwica anavuga ko uzagerageza wese kurwanya cq se kwifatanya nibihugu bishaka kumwivugana bitazamugwa neza..yahise anakomeza inama nibiganiro yagirana nabayobozi bakomeye muri White house nkaho ntacyabaye

Amakuru avuga ko uwashatse kumwivugana yari yambaye bullet broof kuburyo amasasu bamurashe ntacyo yabashije kumutwara

26/04/2026

Haracyari kwibazwa niba iki gitero Iran yaba igifitemo uruhare mumugambi wo guhitana Perezida wa America Donald Trump

abantu bagera muri 6 mubatangije iki gitero nibo bamaze kumenyekana ko bahasize ubuzima..

haracyari gukorwa iperereza ngo hamenyekanya icyaba kihishe inyuma yibi bitero bikomeje kwibasira inyubako ya white house

Address

Larnaca

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when The big blogger posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share

Category