RYTV TUBAGEZAHO AMAKURU AGEZWEHO HIRYA NO HINO KU ISI
dusure:
https://www.youtube.com//videos

31/12/2025

Tubifurije Umwaka mushya wa 2026

30/12/2025

Mu mwaka 2025 Perezida Ndayishimiye yafashije Uburundi kuba igihugu kifuzwa n'amahanga nyuma yo kwerekana ko Uburundi ari Edeni koko, agaragaza ubutare bwinshi batunze. Birebe aha https://youtu.be/lGkYIu4bLyg?si=444Y63KzusFFinqq

29/12/2025

Wazalendo na FARDC bagabye ibitero byinshi kubirindiro bya M23 Kalundu ndetse mjri Masisi naho habaye kurasan birangira M23 BAYAMBUYE imidugudu irenga 3 irimo na Katoyi. Birebe hano
https://youtu.be/76NwmV-3glA?si=kVBgGELrbdnv_1kI

28/12/2025

https://youtu.be/XZU40TVfkRU?si=tx9ZXyl61g30zd8R
Igisirikare cya RDC kirashaka kwisubiza Uvira ku ngufu, nubwo AFC/M23 yaburiye ku ngaruka

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyagaragaje ko gifite umugambi wo kongera kwisubiza umujyi wa Uvira gikoresheje imbaraga za gisirikare, nyuma yo gusubira muri santere ya Makobola mu teritwari ya Fizi.

Uyu mugambi uje nyuma y’uko ihuriro rya AFC/M23 ryavuye mu mujyi wa Uvira hashize iminsi igera kuri 10, rivuga ko ryabikoze mu rwego rwo kubahiriza ibiganiro n’imyanzuro y’abahuza b’amahoro.

AFC/M23 yamenyesheje abahuza ko ingabo za Leta ya RDC n’ihuriro ryazo zitagomba gusubira muri uwo mujyi, ivuga ko ibyo byafatwa nko kwica amasezerano no kongera gucana umuriro w’intambara.

Isesengura:
Ibi FARDC iri gukora bishobora gusobanurwa nk’igerageza ryo kwerekana ko Leta ishoboye kugenzura ibice byari byaravuyemo AFC/M23. Gusa abasesenguzi babona ko kwisubiza Uvira ku ngufu bishobora guteza umutekano muke, kongera kwimura abasivili no gusubiza inyuma inzira y’ibiganiro bya politiki byari bitan

25/12/2025

Ubushinwa bwatangiye imikoranire idasanzwe na Congo aho bagiye gufatanya kibaka umugi w'agatangaza i Kinshasa, amakuru yemeza ko Abashinwaa bazazana ibikoresho kabuhariwe byo kuwurinda, bivuze ko kugeraa i Kinshasa kwa M23 bigoye. Birebe aha https://youtu.be/hsJ44lO9Wkk?si=Dg-frKnJL3WVpwTO

23/12/2025

Yabakanguriye kandi gukoresha neza ubumenyi n’ubushobozi bungutse mu kurengera ubusugire bw’igihugu no guhangana n’ibibazo by’umutekano bishobora kuvuka.

Umugaba Mukuru w’Ingabo yibukije akamaro ko gukomeza kwimakaza indangagaciro za RDF, cyane cyane ikinyabupfura, yavuze ko ariyo nkingi y’ingenzi izindi ndangagaciro zubakiyeho.

Ati: “Ikinyabupfura nicyo kigomba kubanza muri byose. Turi igisirikare kigendera ku myitwarire myiza n’indangagaciro z’ubunyangamugayo.”

Amahugurwa nk’aya agamije kongerera abasirikare ubumenyi n’ubushobozi, kugira ngo bashobore gusohoza neza inshingano zabo nk’Ingabo z’u Rwanda.Rwanda travel guide

22/12/2025

Mu hihe hari hashize iminsi M23 ifashe Uvira nyuma ikaza gutangaaza ko ivuye Uvira, Humvikanye amasasu bikekwa ko yavuye kuri Wazalendo nyuma y'ibyatangajwe ko bariyo. Ibi birebe aha https://youtu.be/RPq6AE9DpLQ?si=BhCfAE-Yd1FfwKjH

Adresse

Paris

Notifications

Soyez le premier à savoir et laissez-nous vous envoyer un courriel lorsque RYTV publie des nouvelles et des promotions. Votre adresse e-mail ne sera pas utilisée à d'autres fins, et vous pouvez vous désabonner à tout moment.

Contacter L'entreprise

Envoyer un message à RYTV:

Partager