Minembwe Capital News

Minembwe Capital News Amakuru yizewe kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News.

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ...
19/12/2025

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba bwa RDC

Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi Yashinje u Rwanda Gutesha Agaciro Amasezerano ya Washington, Isaba Ibihano Bikomeye ku Mutekano Muke mu Burasirazuba

“Ifungurwa ry’Inzira igana Uvira Ritanga Icyizere Gishya ku Baturage bari bamaze igihe mu bwigunge”-Innocent Nkundamahor...
18/12/2025

“Ifungurwa ry’Inzira igana Uvira Ritanga Icyizere Gishya ku Baturage bari bamaze igihe mu bwigunge”-Innocent Nkundamahoro

Ifungurwa ry’Inzira igana Uvira Ritanga Icyizere Gishya ku Baturage bari bamaze igihe mu bwigunge Mu misozi miremire y'i Mulenge, mu gace ka Minembwe ho

I Kinshasa Abakozi bakoze imyigaragambyo basaba imishahara yabo bamaze igihe badahembwa
18/12/2025

I Kinshasa Abakozi bakoze imyigaragambyo basaba imishahara yabo bamaze igihe badahembwa

I Kinshasa Abakozi bakoze imyigaragambyo basaba imishahara yabo bamaze igihe badahembwa I Kinshasa, abakozi n’abayobozi bakuru ba Minisiteri y’Amahugurwa

Uwo ni we bita Intare Batinya (Brigadier General). Uwagize uruhare runini mu kugarura amahoro mu Misozi y'i Mulenge no m...
18/12/2025

Uwo ni we bita Intare Batinya (Brigadier General). Uwagize uruhare runini mu kugarura amahoro mu Misozi y'i Mulenge no muri Kivu y'Amajyepfo yose muri rusange.

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo
18/12/2025

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo Abarwanyi bo mu mitwe y’ihuriro rya Wazalendo, bahungiye mu

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi
18/12/2025

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw'u Burundi Umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC)

RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso
18/12/2025

RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso

RDC: Minisitiri Yibajije Ibibazo Aho Gusubiza Abaturage, Amahanga Akomeje Gutegereza Ukuri Gushingiye ku Bimenyetso Mu gihe Repubulika ya Demokarasi ya

Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale
18/12/2025

Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n’ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale

Imirwano Ikomeye Hagati ya AFC/M23 n'ingabo za RDC Ikomeje guteza Umwiryane n’Ubwoba muri Walikale Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, muri teritware ya

Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine
18/12/2025

Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine

Perezida Putin Yikomye Abanyaburayi mu Magambo Akaze, Atangaza ko U Burusiya Bwiteguye Kwagura Intambara muri Ukraine Perezida w’u Burusiya, Vladimir

Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa
18/12/2025

Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa

Fayulu Yahinduye Imvugo ku Mishikirano na AFC/M23, Ahamya ko Amahoro arambye ya RDC Atazashingira ku Mvugo Gusa Nyuma y’aho abarwanyi b’ihuriro AFC/M23

Address

Nairobi

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Minembwe Capital News posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Minembwe Capital News:

Share