Breaking news&Funny

Breaking news&Funny Sell and Buy space

Muri Serena Hotel Kigali hari kubera inama y’inteko rusange isanzwe ya FERWAFA, ahatorerwa Komite Nyobozi nshya y’iri sh...
30/08/2025

Muri Serena Hotel Kigali hari kubera inama y’inteko rusange isanzwe ya FERWAFA, ahatorerwa Komite Nyobozi nshya y’iri shyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Kenya Police yo muri Kenya iheruka kwegukana champional yasinyishije umusore ukina nka Myugariro wigeze gukinira Simba S...
30/08/2025

Kenya Police yo muri Kenya iheruka kwegukana champional yasinyishije umusore ukina nka Myugariro wigeze gukinira Simba SC kurubu afite imyaka 25 yitwa Joash Onyango

Umuhanzikazi Star Girl Naomie uri mu bana batanu bahawe amasezerano yo kubyaza inyungu impano zabo muri ‘Sherrie Silver ...
30/08/2025

Umuhanzikazi Star Girl Naomie uri mu bana batanu bahawe amasezerano yo kubyaza inyungu impano zabo muri ‘Sherrie Silver Foundation’, yerekeje muri Sénégal aho agiye gufatira amashusho y’indirimbo ye ya mbere yise ‘Away’.

Yaherekejwe na Sherrie Silver berekeje muri Sénégal ku mugoroba wo ku wa 27 Kanama 2025.

Star Girl Naomie aherutse guhabwa amasezerano muri ‘Sherrie Silver Foundation’.

Zambia's First Lady Mama Betty Kaunda in 1955
30/08/2025

Zambia's First Lady Mama Betty Kaunda in 1955

29/08/2025
28/08/2025

Is it rat???

28/08/2025

What creature?

28/08/2025

Click on like buttom and show me love

28/08/2025

Nubundi ntamukire ubyina nabi🤣🤣🤣

Thank you guyz,lets grow up
27/08/2025

Thank you guyz,lets grow up

27/08/2025

Tuzamufata he koko uyu mubyeyi?

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yageze mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.Ubwo...
27/08/2025

Perezida wa Mozambique, Daniel Francisco Chapo, yageze mu Rwanda, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

Ubwo Perezida Chapo yageraga ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali, yakiriwe n’abayobozi barimo Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Gen (Rtd) James Kabarebe.

Mu bandi bamwakiriye kandi harimo Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, Umuyobozi Mukuru wa Polisi, CG Felix Namuhoranye, n’Umunyamabanga Mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe umutekano n’iperereza (NISS), Havugiyaremye Aimable ndetse n'Umuyobozi w'Umujyi wa Kigali.

Biteganyijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu, Perezida Chapo asura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruherereye ku Gisozi ndetse akaza kwakirwa na mugenzi we w’u Rwanda, Perezida Paul Kagame, bakaza kugirana ibiganiro kibera mu muhezo muri Village Urugwiro.

Address

Rusizi
Gikondo

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Breaking news&Funny posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Breaking news&Funny:

Share