Radio Rusizi

Radio Rusizi Rusizi Community Radio , Broadcasting on FM 96.1 Mhz, 101.8Mhz& 102.4 Mhz & internet: www.rba.co.rw, X:

Happy Saturday 🔥🎼🎤 🎤DJ Sly B’s Back breeeee👊🏽✌🏾🚨🗣Murisanga    right now ://listen.rba.co.rw/radios/radiorusizi.html 101....
19/07/2025

Happy Saturday 🔥🎼🎤
🎤DJ Sly B’s Back breeeee👊🏽✌🏾
🚨🗣Murisanga right now ://listen.rba.co.rw/radios/radiorusizi.html 101.8fm,96.1fm,102.4 fm
abawe 👋🏽👋🏽👋🏽

tracks 🎼💃🏽🕺🏿
News

Mwaramutse neza!Umuco wo gufata amafoto cg amashusho mu birori by’ ubukwe …bigashyirwa ku mbugankoranyambaga kubw’ inyun...
18/07/2025

Mwaramutse neza!
Umuco wo gufata amafoto cg amashusho mu birori by’ ubukwe …bigashyirwa ku mbugankoranyambaga kubw’ inyungu za views z’ ubikoze atabisabiye uburenganzira !
Hari icyo bitwaye cg bishobora kugira ingaruka kubikorewe?
Ubyumva Ute?

 Henshi mu Mijyi itandukanye ku isi, usanga abakobwa bikorera ku giti cya bo ndetse na bamwe mu bakozi ba Leta cyangwa b...
17/07/2025


Henshi mu Mijyi itandukanye ku isi, usanga abakobwa bikorera ku giti cya bo ndetse na bamwe mu bakozi ba Leta cyangwa bakorera imiryango itegamiye kuri Leta, bageza aho bava mu mabyiruka batarabona abagabo, kandi bafite igikundiro n’uburanga.

Ibi bituma bamwe bibaza niba kudashaka abagabo cyangwa bakabashaka bakuze byaba biterwa n’ubushake bwa bo cyangwa niba ari ukubabura, ariko byose bagakomeza kubitwerera ubutunzi bwa bo.

Bamwe usanga bavuga ko abantu bafite amafaranga menshi cyangwa se abacuru*i muri rusange, umwanya wa bo bawumara batekereza ku mafaranga n’ubundi butunzi kuruta uwo bamara batekereza ku bundi bu*ima busanzwe, burimo n’ibyo gushing ingo ku bakiri abasilibateri.

Ese koko ubwinshi bw'amafaranga bwaba ari imbogamizi yo kubona abagabo kuri bamwe mu bakobwa?

Yaba ari uko nta rukundo bagira? Yaba se ari uko baba badashaka abagabo? Wowe ubyumva ute ?

Tuganire .

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 16 Nyakanga 2025.
16/07/2025

Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye ku wa 16 Nyakanga 2025.

Twinjiye mu kiganiro cy’imikino
16/07/2025

Twinjiye mu kiganiro cy’imikino

16/07/2025

Bamwe bati umwana n’umugisha, iyo Imana iguhaye umwana iguha n’icyo kumutunga.. n’andi magambo menshi yumvikanisha ko kubyara ntaho bihuriye n’ubutunzi abandi bati ugomba kubyara u*i neza aho uzakura ibitunga umwana
Wowe ubyumva ute?

Tuganire

Twabahaye ikaze mimukiganiro cy’imikinoSaa 16h00-17h00Muri kumwe na: -uwitonze pacifique                            -niy...
15/07/2025

Twabahaye ikaze mimukiganiro cy’imikino
Saa 16h00-17h00
Muri kumwe na: -uwitonze pacifique
-niyigena isaacal

Wadukurikira kuri:96.1 fm 101.8 fm 102.4 fm cyangwa www.rba.co.rw ugahitamo radio Rusizi.

Tanga igitekerezo mu Makuru yacu ya saa 18H===========================Mu nama mpuzamahanga kuri SIDA iteraniye I Kigali,...
14/07/2025

Tanga igitekerezo mu Makuru yacu ya saa 18H
===========================
Mu nama mpuzamahanga kuri SIDA iteraniye I Kigali, abayiteraniyemo basaga ibihumbi 3 bashimye u Rwanda ko rwashyize imbaraga mu guhangana n’icyorezo cya SIDA bitewe na gahunda nyinshi zashyizweho aho igabanuka ry’ubwandu rinagaragarira mu mibare.
======
Nyamasheke
Inzego zishinzwe umutekano wa Pariki ya Nyungwe ndetse n’ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke bari gushakisha abantu 11 bitaramenyekana aho bari, nyuma yo kugubwa gitumo ari 17 bacukura amabuye y’agaciro muri iyi pariki, aho 5 muri bo bafatiwe muri ibi bikorwa.
========
Kenya
Igihugu cya Kenya yatangaje ku mugaragaro ko cyakuyeho gahunda yo gusaba viza ku baturage b’ibihugu byose by’Afurika ndetse n’ibyinshi byo mu birwa bya Karayibe bajya muri Kenya.
======
Igitekerezo cyawe n’ Inyamibwa!

Twinjiye mukiganiro cy’imikinoSaa 16h00-18h00Murikumwe na -Uwitonze pacifique                          -Joseph ndizeye  ...
14/07/2025

Twinjiye mukiganiro cy’imikino
Saa 16h00-18h00
Murikumwe na -Uwitonze pacifique
-Joseph ndizeye
-Isaacal Niyigena

Ikaze mu isaaha y’uburyohe .
14/07/2025

Ikaze mu isaaha y’uburyohe .

Address

Kamembe

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Radio Rusizi posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share