08/06/2026
Ntucikwe na MENYANIBI Kuri Radio Rusizi
wari uziko hari umwana w’umuhungu wavutse nyuma y’imyaka irenga 30 ari mu byuma?
Turaganira kandi ku isenyuka rya leta y’ubumwe bw’abasovieti n'ingaruka byagize .
Ese indwara ya Ebola iri guca ibintu mu bihugu bya congo na Uganda hari amakuru uyifiteho?
Ntucikwe ni mukanya guhera saa tatu kugeza saa tanu hamwe na Pasco Nshimiyimana