10/08/2026
Uyu munsi muri MENYANIBI kuri Radio Rusizi
1. Wari uziko hari ifi ishobora kubaho imyaka irenga 300?
2. Ushobora kuba utazi ko Tanzaniya na Uganda byigeze gukozanyaho ndetse bigasiga Perezida Idi Amin Dada ahunze igihugu. ntucikwe
3. Mu Buzima :Ikinyabutabire cya Ethanol giteza indwara zirenga 200, kigahitana abantu miliyoni 2.6 buri mwaka.
Niba warakunze umuhanzikazi Mbilia Bel ntucikwe no kumva umuziki mwiza yaduhaye mu myaka yo hambere.
Pasco Nshimiyimana guhera 21h00 kugera 23h00