COUNTRY FM RADIO

COUNTRY FM RADIO Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from COUNTRY FM RADIO, Radio Station, Kamembe.

Umuhanzi Niyo Bisco yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we.Ese ni iyihe ndirimbo ya Niyo Bosco ukunda?
12/12/2025

Umuhanzi Niyo Bisco yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we.

Ese ni iyihe ndirimbo ya Niyo Bosco ukunda?

Muri BK ARENA hagiye kubera igitaramo gikomeye cyane! Mugeze he?
05/12/2025

Muri BK ARENA hagiye kubera igitaramo gikomeye cyane!

Mugeze he?

Umuhanzi DAVIDO yaraye ageze i Kigali, aje mu gitaramo afite uyu munsi kuri BK ARENA. Ni iyihe ndirimbo ya DAVIDO ukunda...
05/12/2025

Umuhanzi DAVIDO yaraye ageze i Kigali, aje mu gitaramo afite uyu munsi kuri BK ARENA.

Ni iyihe ndirimbo ya DAVIDO ukunda?

USA: Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Kitsekedi wa DRC bashyize umukono ku masezerano y’amahoro, igikorwa cyari gihaga...
05/12/2025

USA: Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Kitsekedi wa DRC bashyize umukono ku masezerano y’amahoro, igikorwa cyari gihagarariwe na Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump.

Mu minsi ishize Burna Boy yasohoye uyu Mukobwa Muri Show kuko yasinziraga. Uyu Mukobwa yanditse avuga KO yumvaga afite d...
29/11/2025

Mu minsi ishize Burna Boy yasohoye uyu Mukobwa Muri Show kuko yasinziraga. Uyu Mukobwa yanditse avuga KO yumvaga afite depression kuko yanyuraga mu bihe bigoye kuko uwo babyaranye yitabye Imana.

Ubu tuvugana Events zose za Burna Muri USA zahombye kubera iyi myitwarire ya Burnaboy kuri uyu mukobwa.

Umuhanzi NOOPJA n’itsinda rye bari gukorana mu mishinga iteza imbere imyidagaduro mu Rwanda binyuze mu nzu yashinze ya C...
29/11/2025

Umuhanzi NOOPJA n’itsinda rye bari gukorana mu mishinga iteza imbere imyidagaduro mu Rwanda binyuze mu nzu yashinze ya Country Records bahuye n’umuhuzabikorwa w’ishami ry’umuryango w’abibumbye mu Rwanda Bwana Ozonnia Ojielo baganira ku ruganda rw’ubuhanzi n’ubufatanye hagati y’impande zombi.

Ni ibiganiro byabereye ku cyicaro cya UN Rwanda mu mujyi wa Kigali kuri uyu wa kane.

Abakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni ya Yampano bakomeje gutabwa muri yombiUmuvugizi w'urwego rw’Ubugenzacyaha, R...
16/11/2025

Abakekwaho gusakaza amashusho y’urukozasoni ya Yampano bakomeje gutabwa muri yombi

Umuvugizi w'urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B Thierry yemeje ko babiri mu bakurikiranweho gusakaza amashusho ya Yampano atera akabariro batawe muri yombi.

Abatawe muri yombi ni Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo na Kalisa John uzwi nka K John, bakaba bafungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Kanombe.

Perezida Evariste Ndayishimiye yahuje urugwiro na munywanyi we Antoine Félix Tshisekedi wa RDC.Ndayishimiye Ari I Kinsha...
16/11/2025

Perezida Evariste Ndayishimiye yahuje urugwiro na munywanyi we Antoine Félix Tshisekedi wa RDC.

Ndayishimiye Ari I Kinshasa aho yitabiriye inama ya ICGLR igiye kuba ku nshuro ya 9.

AMAKURU AGEZWEHOKuri uyu wa Gatanu, Madamu Jeannette Kagame yakiriye mugenzi we wa Kenya, Rachael Ruto mu Biro by'Umurya...
15/11/2025

AMAKURU AGEZWEHO

Kuri uyu wa Gatanu, Madamu Jeannette Kagame yakiriye mugenzi we wa Kenya, Rachael Ruto mu Biro by'Umuryango Imbuto Foundation agaragarizwa ibikorwa by'uyu Muryango mu bijyanye n’Ubuzima, Uburezi n’Iterambere ry’ubumenyi.

Banasuye kandi irerero ryiswe ‘Eza-Urugwiro ECD Centre’ riherereye muri Perezidansi y’u Rwanda batembera ibice bitandukanye birigize.

Nyuma yo kwakira Yesu akanabihamisha umubatizo, Emelyne ‘Ishanga’ yahamagariye abakiri mu byaha kuza kwa Yesu akabakiza....
15/11/2025

Nyuma yo kwakira Yesu akanabihamisha umubatizo, Emelyne ‘Ishanga’ yahamagariye abakiri mu byaha kuza kwa Yesu akabakiza.

Yagize ati: "Niba ukiri mu buzima wumva urambiwe cg ugahora utekereza ko ntacyahinduka, Ndi umuhamya w'imirimo y'lmana ngwino uko uri, ntuzatinye kwereka Kristo intege nke zawe Kuko ashoboye byose uwanyijije nawe yagukiza ibiganza bye bihora birambuye biti Mwana wajye ngwino. YESU aracyakiza."

Sengabo Jean Bosco wamenyekanye ku izina ‘Fatakumavuta’ kuri ubu uri mu Igororero rya Nyarugenge riherereye mu Murenge w...
13/11/2025

Sengabo Jean Bosco wamenyekanye ku izina ‘Fatakumavuta’ kuri ubu uri mu Igororero rya Nyarugenge riherereye mu Murenge wa Mageragere, yagaragaje impungenge z’abamwiyitirira bagasaba abantu amafaranga.

Umunyamakuru Nkundineza yahuye n’ukoresha imbuga nkoranyambaga Jay Squeezer wa Mipango. Ese ubyakiriye ute?
12/11/2025

Umunyamakuru Nkundineza yahuye n’ukoresha imbuga nkoranyambaga Jay Squeezer wa Mipango.

Ese ubyakiriye ute?

Address

Kamembe

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when COUNTRY FM RADIO posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share

Category