
13/07/2025
Kwizera Olivier w’imyaka 20 wo mu Mudugudu wa Ruhimbi, Akagari ka Gatare, Umurenge wa Ruhango, Akarere ka Rutsiro, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Ruhango akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa ufite ubumuga bwo mu mutwe, kutumva no kutavuga.
Bivugwa ko yambusambanyije uwo mwangavu amusanze mu rugo aho abana na nyirakuru w’imyaka 81 n’undi mwana mu Mudugudu wa Ruhimbi baturanyemo. https://imvahonshya.co.rw/rutsiro-umusore-afungiye-gusambanya-umwana-ufite-ubumuga/