Sakaza Rwanda

Sakaza Rwanda AMAKURU AGEZWEHO KANDI YIZEWE

IMYIDAGADURO, IMIKINO, POLITIKE NANDI MENSHI.. SAKAZA TURABAKUNDA ♥️

‎“Petisiyo yo gusaba ko Mbappé asezererwa yamaze kuba petisiyo yasinywe n’abantu benshi kurusha izindi zose mu mateka, a...
07/05/2026

‎“Petisiyo yo gusaba ko Mbappé asezererwa yamaze kuba petisiyo yasinywe n’abantu benshi kurusha izindi zose mu mateka, aho imaze gusinywa n’abarenga miliyoni 28, irusha iyasabaga ubutabera bwa George Floyd yari ifite agahigo ka miliyoni 19.
‎Biravugwa ko yamaze gusubira i Madrid gukora isuzuma ry’ubuzima mbere y’umukino ukomeye wa Spanish El Clasico utegerejwe.
‎Nubwo yayoboye ikipe mu kibuga atsinda ibitego 41 ndetse anatanga imipira 5 yavuyemo ibitego, abafana ba Real Madrid ntibaranyurwa na we.”

‎Umunyezamu Kimenyi Yves wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda yahamije ko ari mu rukundo n’umugore wemeje ko bafi...
07/05/2026

‎Umunyezamu Kimenyi Yves wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda yahamije ko ari mu rukundo n’umugore wemeje ko bafitanye abana b’impanga

‎Nyuma y’igihe havugwa amakuru y’uko yaba atabanye neza n’umugore we Muyango Claudine, Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’umugore uba muri Australia wemeje ko banafitanye abana b’impanga.

‎Ibi uyu wahoze ari umukinnyi wa ruhago n’uyu mugore ubusanzwe inshuti ze z**i nka Nana, babigarutseho mu kiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok bagiranaga n’uwitwa GodFather.

AMAKURU MASHYA: Arsenal irashaka kongerera Amasezerano umutiza wayo Mikel Arteta.Ni nyuma yo kugera ku mukino wanyuma uz...
07/05/2026

AMAKURU MASHYA: Arsenal irashaka kongerera Amasezerano umutiza wayo Mikel Arteta.

Ni nyuma yo kugera ku mukino wanyuma uzayihuza na Paris Saint Germain tariki 30 Gicurasi 2026.

Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororero, RCS, rwatangaje ko Aimable Karasira Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Niga, yapfuy...
07/05/2026

Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororero, RCS, rwatangaje ko Aimable Karasira Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Niga, yapfuye, aguye mu bitaro bya Nyarugenge.

07/05/2026

Olamide uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki wa Afurika ategerejwe i Kigali mu gitaramo ‘Party Next Door: BAL Edition’ ku wa 30 Gicurasi 2026.

Iki gitaramo kizabera muri Zaria Court, kizahuza abakunzi b’umuziki batandukanye, by’umwihariko abazaba bavuye kureba imikino ya BAL muri BK Arena.

24/10/2025
 Irushanwa rihuza ibihugu byo muri Afurika y'Amajyepfo COSAFA Cup riratangira kuri uyu wa Gatatu, aho umukino ubimburira...
04/06/2025



Irushanwa rihuza ibihugu byo muri Afurika y'Amajyepfo COSAFA Cup riratangira kuri uyu wa Gatatu, aho umukino ubimburira iyindi urahuza South Africa na Mozambique kuri Stade Free State saa 15h:00.

Iri rushanwa rizatangira uyu munsi rikazasozwa ku wa 15 Kamena 2025, ryitabiriwe n'amakipe umunani: Angola, Botswana, Comoros, South Africa, Mozambique, Zambia, Zimbabwe, ndetse na Tanzania yatumiwe muri iri rushanwa.

  yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika...
04/06/2025

yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika.

Ni igitaramo The Ben yakoze ku itariki ya 1 Mutarama 2025 cyasize yanditse amateka muri muzika nyarwanda yo kuzuza BK Arena.

Iki gitaramo kindi biravugwa ko nacyo kizabera muri BK Arena ku itariki ya 1 Mutarama 2026.

Uyu muhanzi ari kubarizwa i Burayi aho ari kwita ku muryango we cyane ko aherutse no kwibaruka imfura yise "Mugisha Luna"

The Ben vuba aha arataramira Abanyarwanda bazahurira muri ‘Rwanda Convention USA’ izabera muri Amerika ku wa 4-6 Nyakanga 2025.

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa  , William Samoei Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u   muri ic...
04/06/2025

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa , William Samoei Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u muri icyo gihugu.

Ikipe ya Manchester City yamaze kumvikana n'Umufaransa Rayan Cherki ko azayerekezamo, ndetse ibiganiro bikaba bigiye gut...
04/06/2025

Ikipe ya Manchester City yamaze kumvikana n'Umufaransa Rayan Cherki ko azayerekezamo, ndetse ibiganiro bikaba bigiye gutangira hagati ya Manchester n'ikipe Lyon uyu musore asanzwe akinira.

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Sakaza Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share