Sakaza Rwanda

Sakaza Rwanda AMAKURU AGEZWEHO KANDI YIZEWE

IMYIDAGADURO, IMIKINO, POLITIKE NANDI MENSHI.. SAKAZA TURABAKUNDA ♥️

‎“Petisiyo yo gusaba ko Mbappé asezererwa yamaze kuba petisiyo yasinywe n’abantu benshi kurusha izindi zose mu mateka, a...
07/05/2026

‎“Petisiyo yo gusaba ko Mbappé asezererwa yamaze kuba petisiyo yasinywe n’abantu benshi kurusha izindi zose mu mateka, aho imaze gusinywa n’abarenga miliyoni 28, irusha iyasabaga ubutabera bwa George Floyd yari ifite agahigo ka miliyoni 19.
‎Biravugwa ko yamaze gusubira i Madrid gukora isuzuma ry’ubuzima mbere y’umukino ukomeye wa Spanish El Clasico utegerejwe.
‎Nubwo yayoboye ikipe mu kibuga atsinda ibitego 41 ndetse anatanga imipira 5 yavuyemo ibitego, abafana ba Real Madrid ntibaranyurwa na we.”

‎Umunyezamu Kimenyi Yves wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda yahamije ko ari mu rukundo n’umugore wemeje ko bafi...
07/05/2026

‎Umunyezamu Kimenyi Yves wakiniye amakipe atandukanye hano mu Rwanda yahamije ko ari mu rukundo n’umugore wemeje ko bafitanye abana b’impanga

‎Nyuma y’igihe havugwa amakuru y’uko yaba atabanye neza n’umugore we Muyango Claudine, Kimenyi Yves yahamije ko ari mu rukundo n’umugore uba muri Australia wemeje ko banafitanye abana b’impanga.

‎Ibi uyu wahoze ari umukinnyi wa ruhago n’uyu mugore ubusanzwe inshuti ze z**i nka Nana, babigarutseho mu kiganiro cya ‘Live’ kuri TikTok bagiranaga n’uwitwa GodFather.

AMAKURU MASHYA: Arsenal irashaka kongerera Amasezerano umutiza wayo Mikel Arteta.Ni nyuma yo kugera ku mukino wanyuma uz...
07/05/2026

AMAKURU MASHYA: Arsenal irashaka kongerera Amasezerano umutiza wayo Mikel Arteta.

Ni nyuma yo kugera ku mukino wanyuma uzayihuza na Paris Saint Germain tariki 30 Gicurasi 2026.

Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororero, RCS, rwatangaje ko Aimable Karasira Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Niga, yapfuy...
07/05/2026

Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igororero, RCS, rwatangaje ko Aimable Karasira Uzaramba wamenyekanye nka Prof. Niga, yapfuye, aguye mu bitaro bya Nyarugenge.

07/05/2026

Olamide uri mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki wa Afurika ategerejwe i Kigali mu gitaramo ‘Party Next Door: BAL Edition’ ku wa 30 Gicurasi 2026.

Iki gitaramo kizabera muri Zaria Court, kizahuza abakunzi b’umuziki batandukanye, by’umwihariko abazaba bavuye kureba imikino ya BAL muri BK Arena.

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Sakaza Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Shortcuts

Share