Sakaza Rwanda

Sakaza Rwanda AMAKURU AGEZWEHO KANDI YIZEWE

IMYIDAGADURO, IMIKINO, POLITIKE NANDI MENSHI.. SAKAZA TURABAKUNDA ♥️

 Irushanwa rihuza ibihugu byo muri Afurika y'Amajyepfo COSAFA Cup riratangira kuri uyu wa Gatatu, aho umukino ubimburira...
04/06/2025



Irushanwa rihuza ibihugu byo muri Afurika y'Amajyepfo COSAFA Cup riratangira kuri uyu wa Gatatu, aho umukino ubimburira iyindi urahuza South Africa na Mozambique kuri Stade Free State saa 15h:00.

Iri rushanwa rizatangira uyu munsi rikazasozwa ku wa 15 Kamena 2025, ryitabiriwe n'amakipe umunani: Angola, Botswana, Comoros, South Africa, Mozambique, Zambia, Zimbabwe, ndetse na Tanzania yatumiwe muri iri rushanwa.

  yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika...
04/06/2025

yateguje ikindi gitaramo cya "The New Year Groove" aca amarenga yo kuzana abahanzi barimo abo muri Tanzania na Amerika.

Ni igitaramo The Ben yakoze ku itariki ya 1 Mutarama 2025 cyasize yanditse amateka muri muzika nyarwanda yo kuzuza BK Arena.

Iki gitaramo kindi biravugwa ko nacyo kizabera muri BK Arena ku itariki ya 1 Mutarama 2026.

Uyu muhanzi ari kubarizwa i Burayi aho ari kwita ku muryango we cyane ko aherutse no kwibaruka imfura yise "Mugisha Luna"

The Ben vuba aha arataramira Abanyarwanda bazahurira muri ‘Rwanda Convention USA’ izabera muri Amerika ku wa 4-6 Nyakanga 2025.

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa  , William Samoei Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u   muri ic...
04/06/2025

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yashyikirije Perezida wa , William Samoei Ruto impapuro zimwemerera guhagararira u muri icyo gihugu.

Ikipe ya Manchester City yamaze kumvikana n'Umufaransa Rayan Cherki ko azayerekezamo, ndetse ibiganiro bikaba bigiye gut...
04/06/2025

Ikipe ya Manchester City yamaze kumvikana n'Umufaransa Rayan Cherki ko azayerekezamo, ndetse ibiganiro bikaba bigiye gutangira hagati ya Manchester n'ikipe Lyon uyu musore asanzwe akinira.

Zuchu akomeje kugaragaza ko atewe ishema no kuba Muka Diamond.Nyuma y'uko mu mpera z'icyumweru gishize Diamond Platnumz ...
04/06/2025

Zuchu akomeje kugaragaza ko atewe ishema no kuba Muka Diamond.

Nyuma y'uko mu mpera z'icyumweru gishize Diamond Platnumz na Zuchu bemeje ko bamaze gushyingiranwa, Zuchu yahinduye ibimuranga[bio] kuri Instagram yongeramo izina ry'umugabo we.

Kuri ubu ukigera ku rukuta rwa Instagram rwa Zuchu urabona ko handitseho Mrs Nasibu Diamond Platnumz, cyangwa se Muka Nasibu Diamond Platnumz ugenekereje mu kinyarwanda.

Umushoramari mu muziki,  yifatiye ku gahanga abirirwa biyitirira ko bashoye amafaranga menshi bagakora byinshi mu rugand...
04/06/2025

Umushoramari mu muziki, yifatiye ku gahanga abirirwa biyitirira ko bashoye amafaranga menshi bagakora byinshi mu ruganda rw'umuziki avuga ko aribo batumye umuziki urindimuka.

Yasobanuye ko aribo banyamatiku, bagira inda nini, abacancuro, barema inzangano, birarira, bagenzwa no gusenya, baharanira ibyubahiro kandi bashaka amaronko.

Noopja wakoze bakanabana muri igihe kirekire, baje gutandukana kubera ko aho ifaranga ryakubise hahise horoha uyu musore ajya muri kugeza n'ubu arimo.

Mu minsi yashize, aherutse gutangaza ko agiye kwiyitaho nyuma yo gutanga amafaranga menshi mu muziki nta nyungu ateganya, ntawe azayishyuza ariko abantu ntibabishima

AMAKURU: Constant Mutamba yitabye Umushinjacyaha, abazwa ku byaha akekwaho byo kunyereza Miliyoni 39 z'Amadorari y'Ameri...
04/06/2025

AMAKURU: Constant Mutamba yitabye Umushinjacyaha, abazwa ku byaha akekwaho byo kunyereza Miliyoni 39 z'Amadorari y'America yari agenewe kubaka Gereza ya Kisangani. Mu mwaka ushize, Mutamba yavuze ko umuntu wese unyereza umutungo wa Leta agomba guhabwa igihano cy'urupfu.

Constant Mutamba ahamagarwa bwa Mbere yanze kwitaba Ubushinjacyaha avuga ko nta kosa afite, nyuma abihatirwa n'Inteko Ishinga Amategeko yatoye ku bwiganze ko agomba kwitaba.

Uyu munyapolitiki w'imyaka 37 y'amavuko ni umwe mu bazwi cyane muri DRCongo ndetse ntasiba kugaragaza amarere n'imbwirwaruhame zikomeye, agamije kugira abaturage benshi bamukunda.

President   visited Algeria’s National School of Artificial Intelligence (ENSIA)  a premier institution at the forefront...
04/06/2025

President visited Algeria’s National School of Artificial Intelligence (ENSIA) a premier institution at the forefront of AI education, research, and innovation.

Interestingly, five Rwandan students are currently enrolled in ENSIA’s integrated Bachelor’s and Master’s program in Artificial Intelligence and Data Science.

Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Algérie ku butumire bwa mugenzi we Abdelmadjid Tebboune. Muri ...
03/06/2025

Perezida Kagame yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri muri Algérie ku butumire bwa mugenzi we Abdelmadjid Tebboune. Muri uru ruzinduko:

- Abakuru b’ibihugu byombi bazagirana ibiganiro bizabera mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu wa Algérie, El Mouradia Palace ndetse bagirane ikiganiro n’abanyamakuru.

- Perezida Kagame azashyira indabo ku rwibutso rwa Maqam Echahid mu kunamira ababuze ubuzima bwabo mu ntambara yo kurwanira ubwigenge bwa Algérie.

- Perezida Kagame azasura Ishuri ryigisha ibijyanye n’ubwenge buhangano, AI, (ENSIA).

- Perezida Kagame azakirwa kandi mu musangiro wo kumuha ikaze muri iki gihugu.

UPDATES: Umukinnyi w'umugande Emmanuel Arnold Okwi yamaze gutandukana n'ikipe ya As Kigali nyuma yumwaka umwe ayisinyiye...
03/06/2025

UPDATES: Umukinnyi w'umugande Emmanuel Arnold Okwi yamaze gutandukana n'ikipe ya As Kigali nyuma yumwaka umwe ayisinyiye, Yatsinze Ibitego 9 atanga Imipira y'ibitego 3 muri uyu mwaka w'imikino ushize.

UPDATES: Umuhanzi Muneza Christophe uzwi nka Christopher nyuma yigihe atagaragara muri muzika yateguje indirimbo nshya y...
03/06/2025

UPDATES: Umuhanzi Muneza Christophe uzwi nka Christopher nyuma yigihe atagaragara muri muzika yateguje indirimbo nshya yise (Harnessing 2 Opposites.

Address

Kigali

Website

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Sakaza Rwanda posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share