
29/07/2025
Donald Trump uri kubarizwa mu Bwami bw'U Bwongereza yavuze ko ahaye ibihugu; U Burusiya na Ukraine iminsi 12 gusa bikaba byasoje intambara bihanganyemo.
Ni intambara ibyo bihugu byombi byagiyemo kuva mu ntangiriro za 2022, none kugeza ku munsi wa none biracyahanganye.