FLASH TV RW

FLASH TV RW Please create your own account and your own page

03/08/2025

Kizz Daniel n'ababyinnyi be basusurukije abitabiriye igitaramo gisoza Giants Of Africa.

Umuhanzi Kizz Daniel uri mu bari bitezwe na benshi bitabiriye igitaramo Gisoza Giants Of Africa yashimangiye ko ari izina rikomeye mu muziki w'Africa ubwo we n'ababyinnyi be basusurutsaga abitabiriye igitaramo mu ndirimbo ze zitandukanye zaryoheye abari bateraniye muri BK Arena.

03/08/2025

Umuhanzi Timaya yapfukamye hasi avuga ko akunda u Rwanda kuko ari igihugu cyuje Amahoro.

Ubwo yatungurwaga ku rubyiniro na Masai Ujili,Umuyobozi wa Giants Of Africa amuzaniye umwambaro wayo yavuze ko yishimira u Rwanda nk'igihugu cyiza cyuje Umutekano n'Amahoro avuga ko ari igihugu yishimira ndetse akaba atewe ishema no Kuhataramira no kuririmba mu Gitaramo cyiza nka Giants of Africa.

03/08/2025

Umuhanzi Timaya wataramiye abitabiriye igitaramo Gisoza Giants of Africa yatunguwe n'inkumi z'i Kigali zimufasha gususurutsa abitabiriye igitaramo.

Ubwo uyu muhanzi yahamagaraga inkumi ku rubyiniro ngo zimufashe kubyina zimwe mu ndirimbo ze yatunguwe n'uburyo zasusurukije abitabiriye igitaramo atangaza ko yifuza kuzabana n'Umunyarwandakazi.

03/08/2025

Umuhanzi The Ben wabimburiye abandi bahanzi ku rubyiniro rw'igitaramo Gisoza Giants Of Africa yerekanye ko ari izina rikomeye mu muziki Nyarwanda aho yagaragaje itandukaniro mu mitegurire.

Ni igitaramo agiyie guhuriramo n'abandi bahanzi b'ibyamamare barimo:Timaya,Kizz Daniel na Ayra Star.

MITALI Protais wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo, yitabye Imana aguye mu Bubiligi aho yari amaze imyaka 10 atuye.
01/08/2025

MITALI Protais wigeze kuba Minisitiri w’Umuco na Siporo, yitabye Imana aguye mu Bubiligi aho yari amaze imyaka 10 atuye.

Umunsi mwiza w'umuganura.
01/08/2025

Umunsi mwiza w'umuganura.

Address

KG 14 Avenue St 766
Kigali
0000

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when FLASH TV RW posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to FLASH TV RW:

Share

Category