FLASH TV RW

FLASH TV RW Please create your own account and your own page

https://youtu.be/YSOXY1gDxz4
27/11/2025

https://youtu.be/YSOXY1gDxz4

Enjoy the videos and music you love, upload original content, and share it all with friends, family, and the world on YouTube.

27/11/2025

Perezida wa Repubulika Paul Kagame asanga u Rwanda rugifite ikibazo cy'inganda ziri ku rwego rwiza zifite ubushobozi bwo gukora ibyoherezwa mu mahanga hagamijwe kugabanya ingano y'ibyinjira mu Rwanda biturutse hanze.

https://youtu.be/ZnYHI6h9w2I
27/11/2025

https://youtu.be/ZnYHI6h9w2I

Enjoy the videos and music you love, upload original content, and share it all with friends, family, and the world on YouTube.

27/11/2025

Mu kiganiro n'itangazamakuru cyabaye kuri uyu wa 27 Ugushyingo, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko atabona umusaruro w'insengero mu iterambere ry'igihugu.

Uwatwaraga mu modoka uwahoze ari Minisitiri w'iterambere ry'umuryango Pauline Nyiramasuhuko akanaba nyirabukwe wa Béatri...
27/11/2025

Uwatwaraga mu modoka uwahoze ari Minisitiri w'iterambere ry'umuryango Pauline Nyiramasuhuko akanaba nyirabukwe wa Béatrice Munyenyezi yaje abwira Urukiko ko Béatrice Munyenyezi nta jenoside yakoze.

Uriya wafashwe nk'umutangamakuru kuko yakatiwe igihano cy'igifungo cya burundu azira gukora icyaha cya Jenoside yabwiye urukiko ko Munyenyezi Béatrice yaratwite ndetse atishe umubikira

Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwumvikanye na Rtd Major Rugamba Robert wemera ko yakoze icyaha cyo gucukura amabuye y'agacir...
27/11/2025

Ubushinjacyaha bw'u Rwanda bwumvikanye na Rtd Major Rugamba Robert wemera ko yakoze icyaha cyo gucukura amabuye y'agaciro nta ruhushya bityo agatanga ihazabu y'amafaranga miliyoni zirindwi icyaha akakivanwaho.

Rtd Major Rugamba yari yitabye urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza aje kuburana mu mizi gusa habayeho kumvikana n'ubushinjacyaha ntihaburanwa imikorere y'icyaha n'uburyo cyakozwemo

KURIKIRA IKIGANIRO PEREZIDA ARI KUGIRANA N'ITANGAZAMAKURU UNYUZE HANO:
27/11/2025

KURIKIRA IKIGANIRO PEREZIDA ARI KUGIRANA N'ITANGAZAMAKURU UNYUZE HANO:

Enjoy the videos and music that you love, upload original content and share it all with friends, family and the world on YouTube.

Mukanya 14h30 perezida Kagame araganira n'itangazamakuru. Murakurikira iki kiganiro mu bitangazamakuru byacu ndetse no k...
27/11/2025

Mukanya 14h30 perezida Kagame araganira n'itangazamakuru. Murakurikira iki kiganiro mu bitangazamakuru byacu ndetse no ku mbuga nkoranyambagaza za

Urubanza rwaburanagamo Kalisa John uzwi nka KJohn na Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man rwasubitswe.Aba bakurikiranyweho...
27/11/2025

Urubanza rwaburanagamo Kalisa John uzwi nka KJohn na Ishimwe Patrick uzwi nka Pazzo Man rwasubitswe.

Aba bakurikiranyweho ibyo gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gutera akabariro n’umukunzi we.

Ubwo bageraga imbere y’inteko iburanisha imaze kubasomera imyirondoro, babajijwe ni ba biteguye kuburana Ishimwe Patrick yavuze ko atiteguye kuburana.
Impamvu Ishimwe yatanze ni uko atigeze abona dosiye ye ndetse akwiye no kuburana afite umwunganizi mu mategeko.

Kalisa John uzwi nka K.John we yavuze ko yiteguye kuburana cyane ko we yumva uru rubanza yakabaye aruzamo nk’umutangabuhamya kuruta kuba ucyekwaho icyaha.

K.John yavuze ko atumva uko dosiye ye ihuzwa n’iya Ishimwe. Kalisa John yavuze ko asanga buri wese mu bari muri iki kibazo akwiye gukorerwa dosiye imwe ntibahurizwe muri imwe.
Ubushinjacyaha buhawe ijambo bwavuze ko impamvu bahurijwe muri dosiye imwe ari uko ubarega ari umwe ndetse baregwa icyaha kimwe bityo agasanga nta mpamvu yo kubatandukanya.

Ubushinjacyaha bwemeye ubusabe bwa Ishimwe Patrick buvuga ko itegeko rimuha uburenganzira bwo kuburana yunganiwe ndetse yanasomye dosiye ye neza, busaba Urukiko ko mu bushishozi bwabo aribo babifataho umwanzuro.

Umucamanza nyuma yo kumva impande zombi yanzuye ko uru rubanza rusubitswe rukazasubukurwa ku wa 4 Ukuboza 202

Uyu munsi muraritswe kuza gukurira ikiganiro Perezida   araganira n'abanyamakuru. Ikiganiro kirabera kuri
27/11/2025

Uyu munsi muraritswe kuza gukurira ikiganiro Perezida araganira n'abanyamakuru.
Ikiganiro kirabera kuri

Mu kiganiro n’abanyamakuru i Goma, kuwa Gatatu AFC /M23 yamaganye ibikomeje gutangazwa na   ishimangira ko nta bikorwa b...
27/11/2025

Mu kiganiro n’abanyamakuru i Goma, kuwa Gatatu AFC /M23 yamaganye ibikomeje gutangazwa na ishimangira ko nta bikorwa byihutirwa by’ubutabazi bikenewe mu turere twabohowe, ishimangira ko ahubwo “ikibazo nyacyo kiri mu turere tugenzurwa n’ubutegetsi bwa Kinshasa”.

Perezida Umaro Sissoco   wa Guinea-Bissau yatangaje ko yahiritswe ku butegetsi ndetse anafungirwa mu Ngoro ye.
27/11/2025

Perezida Umaro Sissoco wa Guinea-Bissau yatangaje ko yahiritswe ku butegetsi ndetse anafungirwa mu Ngoro ye.

Address

KG 14 Avenue St 766
Kigali
0000

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when FLASH TV RW posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to FLASH TV RW:

Share

Category