FLASH TV RW

FLASH TV RW Please create your own account and your own page

📸AMAFOTO📸Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye ba ambasaderi bashya 2 bamushyikirije impapuro zibemerera guh...
14/01/2026

📸AMAFOTO📸

Kuri uyu wa Gatatu, Perezida Paul Kagame yakiriye ba ambasaderi bashya 2 bamushyikirije impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.

Ni uwa Qatar, Mansour Bin Ali Fahad Al Shahwani Al Hajri n’uw’u Buyapani, Kazuya Nakajo.

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen Johnny Luboya, yarahiriye ko byanga bikunze azata muri yombi Thomas ...
14/01/2026

Guverineri wa Gisirikare w’Intara ya Ituri, Lt. Gen Johnny Luboya, yarahiriye ko byanga bikunze azata muri yombi Thomas Lubanga ukuriye inyeshyamba zo mu mutwe wa CRP yaba ari muzima cg se yapfuye.

Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC bwana Patrick muyaya yavuze ko FDLR na M23 bibaho gusa kubera ubushake bw’u Rwanda.
14/01/2026

Umuvugizi wa Guverinoma ya RDC bwana Patrick muyaya yavuze ko FDLR na M23 bibaho gusa kubera ubushake bw’u Rwanda.

KICUKIRO:Umugabo yafatiye umugore we muri lodge iherereye i Nyamirambo ari gusambana n'undi mugabo. Umunyamakuru wahagez...
14/01/2026

KICUKIRO:Umugabo yafatiye umugore we muri lodge iherereye i Nyamirambo ari gusambana n'undi mugabo. Umunyamakuru wahageze avuga ko uyu mugore yari yabeshye umugabo we ko agiye gukorera kure hanze ya Kigali.

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, Shema Arnaud wamenyekanye nka DJ Toxxyk yemereye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko yakoz...
14/01/2026

Kuri uyu wa 14 Mutarama 2026, Shema Arnaud wamenyekanye nka DJ Toxxyk yemereye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge ko yakoze icyaha cyo guhunga umaze gukora cyangwa guteza impanuka n’icy’ubwicanyi budaturutse ku bushake.

Yavuze ko atemera icyaha cyo gukora ibikorwa byerekeye ibiyobyabwenge cyangwa urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo n’icyo kwanga gupimishwa icyuma gipima ingabo alcohol mu mubiri.

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gutegeka ko DJ Toxxyk afungwa iminsi 30 y’agateganyo kuko iperereza ku byaha akurikiranyweho rigikomeje.

Icyemezo cy’urukiko ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo kizasomwa Saa Munani z’amanywa, ku wa 21 Mutarama 2026.

Ikinyamakuru Ukweli Times kirandika ko Ubuyobozi bw’umurenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge bufatanyije n’izidi nzego...
14/01/2026

Ikinyamakuru
Ukweli Times
kirandika ko Ubuyobozi bw’umurenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge bufatanyije n’izidi nzego bwafunze, ahantu hatandukanye hacururizwa inyama kubera umwanda ukabije wahagaragaraga.

Sosiyete ya RwandAir  yatangaje ko ikirere kibi cyatumye indege zagombaga kuva ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kiga...
14/01/2026

Sosiyete ya
RwandAir
yatangaje ko ikirere kibi cyatumye indege zagombaga kuva ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali n’izivayo zikererwa.Ubutumwa RwandAir yatanze mu gitondo cyo kuri uyu wa 14 Mutarama 2026 bugira buti “Bitewe n’igihu cyinshi no kutagaragara neza ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Kigali, zimwe mu ndege zijya n’iziva i Kigali zishobora gukererwa.”

🚨KURIKIRA AMAKURU YACU KURI WHATSAPP UNYUZE HANO: https://web.whatsapp.com/

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi Eric Kneedler uri gusoza inshingano ze zo guhag...
13/01/2026

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri, Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi Eric Kneedler uri gusoza inshingano ze zo guhagararira Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Rwanda.

Address

KG 14 Avenue St 766
Kigali
0000

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when FLASH TV RW posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to FLASH TV RW:

Share

Category