05/06/2026
Ruhura umutima
Nakundanye n’umusore antera inda aranyanga, Ntiyigeze yifuza kumbona ntwite nkibimubwira.
Naje guhita nkomezanya na EX wanjye twari twaratandukanye, mungire inama mbigenze gute ko uwo musore wanteye inda adashaka no kuzita ku mwana we n’umugabo tubana akaba atitaye ku kumenya uko uwo mwana azabaho nawe ntabwo abyitayeho?!