3D TV

3D TV 📍 UKURI MU MAKURU BURI MUNSI 📍
||Vunyisha: [email protected]
||Amamaza: [email protected]

Ishowspeed yaguze inzu mu Rwanda
11/01/2026

Ishowspeed yaguze inzu mu Rwanda

Ishowspeed yaguze inzu mu Rwanda, nyuma yo kurwihebera agahishura ko ruri mu bihugu byiza yigeze akandagiramo. Ubwo yageraga ahazwi nko mu marangi i Nyamirambo, Ishowspeed yahishuye ko yakunze u Rwanda cyane ku buryo yahaguze inzu ndetse ko ashobora kuhamara amezi abiri. Asubiza umugabo basangiraga....

🚨 AGEZWEHO 🚨Mukobwajana Asifiwe wamamaye muri Sinema nyarwanda nka  yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi, mbere y’imins...
11/01/2026

🚨 AGEZWEHO 🚨

Mukobwajana Asifiwe wamamaye muri Sinema nyarwanda nka yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi, mbere y’iminsi mike ngo arongorwe na

11/01/2026

🚨 AMASHUSHO 🚨

Ishowspeed yahishuye ko yaguze inzu mu Rwanda, kandi ko azahamara amezi abiri.

🚨 AGEZWEHO 🚨APR FC yatsinze ibitego 2-0 Rayon Sports mu mukino wa Ferwafa Super Cup.
10/01/2026

🚨 AGEZWEHO 🚨

APR FC yatsinze ibitego 2-0 Rayon Sports mu mukino wa Ferwafa Super Cup.

🚨AGEZWEHO 🚨Ishowspeed atangarije i Nyamirambo ko yamaze kugura inzu mu Rwanda ndetse ko azahamara amezi abiri.
10/01/2026

🚨AGEZWEHO 🚨

Ishowspeed atangarije i Nyamirambo ko yamaze kugura inzu mu Rwanda ndetse ko azahamara amezi abiri.

Ndagukunda - Meddy abwira The Ben Ngabo Medard wamamaye mu muziki nka  yabwiye mugenzi we The Ben ko amukunda kandi ko a...
10/01/2026

Ndagukunda - Meddy abwira The Ben

Ngabo Medard wamamaye mu muziki nka yabwiye mugenzi we The Ben ko amukunda kandi ko amuzirikana.

Ni amagambo Meddy yatangarije kuri Instagram Story, ku munsi The Ben yizihije isabukuru.

Melodie yasabye Leta gufata abahanzi nk’ingagi Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yasabye Guverinoma gu...
09/01/2026

Melodie yasabye Leta gufata abahanzi nk’ingagi

Umuhanzi Itahiwacu Bruce wamamaye nka Bruce Melodie yasabye Guverinoma gufata abahanzi nk’uko zitabwaho kugira ngo zinjize amadovize.

Yavuze ko umuziki ari zahabu kandi ko ushobora gukurura ba mukerarugendo benshi kurusha abakururwa n’ingagi mu Rwanda.

Umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella, bakoze igikorwa cyo gufasha abatishoboye bo mu Murenge Gatenga mu Karere...
09/01/2026

Umuhanzi The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella, bakoze igikorwa cyo gufasha abatishoboye bo mu Murenge Gatenga mu Karere ka Kicukiro aho banatuye.

Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 9 Mutarama 2026, ku munsi w'isabukuru ya The Ben wujuje imyaka 38. Mu byo batanze kuri aba baturage harimo ibyo kurya n'ibikoresho by'ishuri n'iby'isuku.

The Ben mu butumwa yatanze yavuze ko ashimira ubuyobozi ndetse ko iki gikorwa yifuza ko cyajya kiba buri mwaka nk'uko yabisabwe n'umugore we.

09/01/2026

🚨AGEZWEHO 🚨

The Ben na uwicyeza_pamella bazindukiye mu gikorwa cyo gufasha imiryango itishoboye iherereye mu murenge wa Gatenga mu Mujyi wa Kigali.

Umubyinnyi ubifatanya no kuvanga imiziki DJ Benda yahishuye ko yanyuze mu buzima bukomeye nyuma yo kumenya ko yateye ind...
09/01/2026

Umubyinnyi ubifatanya no kuvanga imiziki DJ Benda yahishuye ko yanyuze mu buzima bukomeye nyuma yo kumenya ko yateye inda mu gihe yari agowe n’imibereho.

Mu kiganiro Benda yagiranye na Narababwiye TV yavuze ko ubwo yamenyaga ko yateye inda nyamara ari mu buzima bugoye, yagize agahinda gakabije ku buryo ari naho yigiye kunywa inzoga kuko ngo yumvaga ari zo zamubohora.

Yagize ati “Muvandi, mu by’ukuri kiriya gihe sinshaka no kugikumbura no mu buzima bwanjye, barabimbwiye kubera ko n’igiceri ntacyo nari mfite, umutima urandya, ndasaba, mvuza induru. Ndabyibuka umenya ari naho hantu nigiye kunywa inzoga.”

Uyu mubyeyi w’umwana umwe asoza agenera abantu ubutumwa ko mu bintu bakina nabyo batagakinnye babyara kuko uwo muntu uzanye ku Isi, uba ugomba kumurera kugeza apfuye.

Kuri uyu wa Gatanu tariki 09 Mutarama 2026, umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yagize isabukuru y’amavuko.  ...
09/01/2026

Kuri uyu wa Gatanu tariki 09 Mutarama 2026, umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yagize isabukuru y’amavuko.

09/01/2026

🚨 AMASHUSHO 🚨

Makanyaga yatangaje abahanzi bo mu myaka yo ha mbere batahanganaga nk’uko The Ben na Bruce Melodie babikora.

Address

Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when 3D TV posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share