Bwiza news

Bwiza news Music is Life

UPDATES: MECKY & KEDDY||AMAKURU SHABUNDA NI AMAGASA BOMBE|NAMBE |NYALUBEMBA|KIMBIRI TOMBE||WALIKALE| INTAMBARA Y’UBUTITA...
09/10/2025

UPDATES: MECKY & KEDDY||AMAKURU SHABUNDA NI AMAGASA BOMBE|NAMBE |NYALUBEMBA|KIMBIRI TOMBE||WALIKALE| INTAMBARA Y’UBUTITA HAGATI Y’U RWANDA NA DRC|KAMANYOLA BATUMYEHO GEN KO BIFUZA UVIRA|| IBINTU BYAHINDUYE ISURA

Injira mu rubuga rwa watsapp https://whatsapp.com/channel/0029VaFKyd6BPzjTrh8e1U28 Mwatera inkunga ikinyamakuru Bwiza. Tera inkunga TV 0788554010- 07...

09/10/2025

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ukwiriye kugira ikibazo ku rusaku rw’ingoma irimo ubusa, ko ahubwo icyiza ari ukuyireka igatambuka cyangwa ukayibisa. - Advertisement - Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu, nyuma y’amasaha make Tshisekedi amusabiye i Bruxelles mu Bubi...

09/10/2025

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamaganye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wifashishije inama ya Global Getaway Forum mu gutangaza ibinyoma kuri Perezida Paul Kagame ndetse no kumusebya. - Advertis...

Umuntu ugira ikibazo ku rusaku rw’ingoma irimo ubusa na we aba afite ikibazo: P. Kagame
09/10/2025

Umuntu ugira ikibazo ku rusaku rw’ingoma irimo ubusa na we aba afite ikibazo: P. Kagame

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ukwiriye kugira ikibazo ku rusaku rw’ingoma irimo ubusa, ko ahubwo icyiza ari ukuyireka igatambuka cyangwa ukayibisa. - Advertisement - Umukuru w’Igihugu yabigarutseho kuri uyu wa Gatanu, nyuma y’amasaha make Tshisekedi amusabiye i Bruxelles mu Bubi...

Turkiya: Intumwa za RDF zaganiriye n’abashinzwe inganda za gisirikare
09/10/2025

Turkiya: Intumwa za RDF zaganiriye n’abashinzwe inganda za gisirikare

Muri iki cyumweru, itsinda ryari riyobowe n’Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Brig Gen Célestin Kanyamahanga, ryagiranye ibiganiro n’Ubunyamabanga bushinzwe inganda za gisirikare mu gihugu cya Turkiya, mu murwa mukuru, Ankara. - Advertisement - Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa K...

U Rwanda rwamaganye Tshisekedi washinje ibinyoma akanasebya Perezida Kagame
09/10/2025

U Rwanda rwamaganye Tshisekedi washinje ibinyoma akanasebya Perezida Kagame

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yamaganye Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wifashishije inama ya Global Getaway Forum mu gutangaza ibinyoma kuri Perezida Paul Kagame ndetse no kumusebya. - Advertis...

Ya kipe yo mu Burundi yahaniwe kutambara “VISIT RWANDA” yanze kwishyura
09/10/2025

Ya kipe yo mu Burundi yahaniwe kutambara “VISIT RWANDA” yanze kwishyura

Ishyirahamwe ry’umukino wa Basketball mu Burundi, Fédération de Basketball du Burundi (FEBABU), ryatangaje ko ikipe ya Dynamo BBC itazitabira irushanwa rya Road to BAL 2025 riteganyijwe kubera i Dar es Salaam muri Tanzaniya kuva ku itariki ya 15 kugeza ku ya 20 Ukwakira 2025. - Advertisement - N...

Gasabo: Urukiko rwapfundikiye urubanza rw’abagabo 2 bashinjwa kwica abagore babo
09/10/2025

Gasabo: Urukiko rwapfundikiye urubanza rw’abagabo 2 bashinjwa kwica abagore babo

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishiirije mu ruhame abagabo babiri bakurikiranweho kwica abagore babo barimo umugabo w’imyaka 25 wishe umugore we amukubise ikibando ndetse n’undi w’imyaka 40 y’amavuko wishe umugore we amubise ishoka. Imanza zombi zaburanishirijwe aho icyaha cyakorewe m...

09/10/2025

Umusirikare wo mu ngabo za Uganda (UPDF), Staff Sergeant Muhindo Johnson, yapfuye azize ibikomere yakomerekeye mu gitero cy’abagabo bitwaje intwaro bagabye ku borozi b’amafi bo kuri Rweshama Landing Site, ku nkengero z’ikiyaga cya Edward, mu karere ka Rukungiri mu burengerazuba bwa Uganda. - A...

09/10/2025

AMAKURU AVUGWA HIRYA NO HINO KUWA 09.10.2025

Tshisekedi yinginze Perezida Kagame ngo ategeke Ingabo za M23 kureka gukomeza intambara
09/10/2025

Tshisekedi yinginze Perezida Kagame ngo ategeke Ingabo za M23 kureka gukomeza intambara

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yasabye Perezida Paul Kagame “gutegeka ingabo z’umutwe wa M23 kureka gukomeza intambara” uhanganyemo n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC. - Advertisement - Tshisekedi yabisabiye i Bruxelles mu Bubiligi, aho we n...

Address

Kigali
5738

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Bwiza news posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Bwiza news:

Share

Category