RADIO RWANDA

RADIO RWANDA Umva Radio Rwanda www.rba.co.rw/radio Undisputed Leading Radio Station in Rwanda
(1178)

07/06/2026

08h30 KUBAZA BITERA KUMENYA
Turaganire ku Indangamuntu Koranabuhanga: Warifotoje? Hari imbogamizi zirimo?

07/06/2026

Umva AMAKURU 6H00

07/06/2026

Twahageze isaha ya 1

Marcel Rut

06/06/2026

Umva AMAKURU 19H00

06/06/2026

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yasobanuye ibikorwa n’inzego zitandukanye zirimo Minisiteri y’Uburezi mu kongerera ubushobozi abarimu bize mu myaka yo hambere ku buryo ubumenyi bwabo bujyana n’igihe Isi igezemo.

Nel Ngabo ni umutumirwa mu Kiganiro   cyo kuri uyu wa Gatandatu.Uyu muhanzi uherutse gushyira hanze indirimbo yakoranye ...
06/06/2026

Nel Ngabo ni umutumirwa mu Kiganiro cyo kuri uyu wa Gatandatu.

Uyu muhanzi uherutse gushyira hanze indirimbo yakoranye n'Umunya-Uganda Elijah Kitaka, aratubwira byinshi kuri uyu mushinga ndetse n'ibindi ateganyiriza abakunzi b'umuziki we.

Ntimucikwe n'iki kiganiro gitangira Saa 21:00 kuri Radio Rwanda.

06/06/2026

“Leta y’u Rwanda izi neza ko izamuka ry’ibiciro riri kongera umutwaro ku baturage, ni yo mpamvu ikomeje gukora ibishoboka byose ngo igabanye uburemere bw’izi ngaruka.”

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yavuze ku ngamba ziri gufatwa mu guhangana n’ingaruka z’intambara yo mu Burasirazuba bwo Hagati ku bukungu bw’u Rwanda.

06/06/2026

“Kuri Ebola rero turadadiye mu by’ukuri, ubwirinzi burahari. Nta mpungenge zihari dufite, ariko kuba tudadiye bitavuga ko tugomba kwirara.”

Minisitiri w’Intebe, Dr Nsengiyumva Justin, yashimangiye ko u Rwanda rwakajije ingamba zo gukumira, gukurikirana no kwita ku bakwandura Icyorezo cya Ebola, cyagaragaye mu bihugu bya DRC na Uganda.

06/06/2026

Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yashimiye RSSB Tigers iherutse kwandika amateka yo kwegukana Irushanwa rya Basketball Africa League 2026.

Iyi kipe yatsinze Petro de Luanda yo muri Angola, yabaye iya mbere yo mu Rwanda yegukanye iri rushanwa rihuza amakipe akomeye muri Basketball ya Afurika.

Ati “Iyi ntsinzi ni ishema rikomeye ku Gihugu cyacu ndetse n’urugero rwiza ku yandi makipe yo mu Rwanda.”

Address

KG 7 Avenue
Kigali
83KIGALI

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when RADIO RWANDA posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to RADIO RWANDA:

Share

Category