Ubukungu

Ubukungu Ubukungu Media Company delivers Economic, Financial and Business Information from Africa.

Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri idasanzwe yo kuwa 5 Ukuboza 2017
05/12/2017

Ibyemezo by’inama y’abaminisitiri idasanzwe yo kuwa 5 Ukuboza 2017

None tariki ya 5 Ukuboza 2017, inama y’Abaminisitiri idasanzwe yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.

Made in Rwanda ku ibere: Ubu igiye kwegukana 65% by’amasoko ya Leta
04/12/2017

Made in Rwanda ku ibere: Ubu igiye kwegukana 65% by’amasoko ya Leta

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Vincent Munyeshyaka, yavuze ko hari gukorwa impinduka zigamije kuzamura urwego rw’inganda, kugira ngo ibikorerwa mu Rwanda birusheho guhabwa umwihariko mu masoko ya leta, kurusha ibiva hanze. Ubu noneho leta irateganya kwegurira 65% by’amasoko yayo ibikorerw...

Abize ubukanishi barabuvuga imyato
04/12/2017

Abize ubukanishi barabuvuga imyato

Abanyeshuri barangije kwiga ubukanishi mu ishuri ryigenga rya EMVTC Remera muri Gasabo bemeza ko butanga akazi gahoraho kandi kinjiza amafaranga vuba.

Ibintu ukwiriye kwitondera mu ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga
04/12/2017

Ibintu ukwiriye kwitondera mu ikoreshwa ry’imbuga nkoranyambaga

Ha mbere umuntu wasangaga agira amakenga y’ingutu agiye gushyira ahagarara cyangwa se y’icyo agomba kuvana kuri internet n’impamvu zacyo ariko ubu ibintu bisigaye bisa nk’aho byose bidatekerezwaho.

Amashirakinyoma ku kiyaga kizahangwa i Nyabugogo
04/12/2017

Amashirakinyoma ku kiyaga kizahangwa i Nyabugogo

Igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali cyashyizwe ku mugaragaro mu mwaka wa 2013, kigaragaramo igice kizaba kigizwe n’ikiyaga gihangano kizahera ahahoze ari ‘parc industriel’ kugeza mu gishanga cya Nyabugogo. Benshi bibazaga aho imirimo yo guhanga iki kiyaga yaba yarahereye ariko noneho um...

RDB igiye guhemba ibyiciro 8 by’abashoramari
03/12/2017

RDB igiye guhemba ibyiciro 8 by’abashoramari

Ikigo k’igihugu k’iterambere (RDB) kiratangaza ko kigiye guhemba abashoramari bo mu byiciro 8, mu rwego rwo kubashimira ko bakoze neza ndetse no mu buryo bw’imikoranire myiza.

Mu Rwanda hakozwe intebe zishobora kumara imyaka isaga 150
02/12/2017

Mu Rwanda hakozwe intebe zishobora kumara imyaka isaga 150

Abanyeshuri batatu b**a muri Musanze Polytechnique bakora intebe zo munzu no mu busitani bakoresheje isima n’ibyumba, zishobora kugeza ku myaka 150 zitarasaza.

"Made in Rwanda Expo" : Ibicuruzwa ni byiza ariko birahenze cyane
02/12/2017

"Made in Rwanda Expo" : Ibicuruzwa ni byiza ariko birahenze cyane

Mu imurikagurisha ry’ibikorerwa mu Rwanda ririmo kubera i Kigali hagaragaramo ibicuruzwa byinshi bikorerwa mu Rwanda. Gusa ku rundi ruhande abaguzi bo bavuga ko ibicuruzwa bikorerwa mu Rwanda bihenze cyane kurusha ibiva mu mahanga, ibintu ariko Leta ivuga ko buhoro buhoro arirwo rugendo kandi ngo ...

Ibyari imyanda byahindutse imari ishyushye
02/12/2017

Ibyari imyanda byahindutse imari ishyushye

Abakora umwuga wo gusana ibikoresho by’ikoranabuhanga byapfuye baravuga ko batakibangamirwa n’ibitagikora kuko babigurisha ku nganda zo hanze.

Ab**a muri UR bashengurwaga na Buruse y’iyanga Guverinoma ishobora kubatera akanyamuneza
01/12/2017

Ab**a muri UR bashengurwaga na Buruse y’iyanga Guverinoma ishobora kubatera akanyamuneza

Ubwo yagezaga ibikorwa bya Guverinoma mu bijyanye n’uburezi, Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yijeje Inteko Ishinga Amategeko hashyizweho Komisiyo iri kwiga ibibazo biri muri Kaminuza y’u Rwanda.

39% by’abakozi bari mu kazi nta bumenyi bujyanye n’isoko ry’umurimo bafite
01/12/2017

39% by’abakozi bari mu kazi nta bumenyi bujyanye n’isoko ry’umurimo bafite

Ni kenshi mu kazi ka Leta hagaragazwa amakosa yamunze imikorere y’ inzego zimwe na zimwe zihora zisobanura imbere y’inteko ishinga amategeko buri gihe uko umwaka ushize undi ugataha. Mu kwisobanura, ni kenshi bivugwa ko imikorere mibi iterwa n’abakozi badafite ubumenyi buhagije mu kazi. Si mu ...

Muri 2030 abakozi miliyoni 800 bazatakaza akazi kubera amarobot (Robots)
01/12/2017

Muri 2030 abakozi miliyoni 800 bazatakaza akazi kubera amarobot (Robots)

Uko Isi igenda irushaho gukataza mu kugira ikoranabuhanga rihambaye , ni nako hagenda hagaragara impinduka mu mibereho y’abantu ndetse bikaba binagaragara ko iri koranabuhaga rizateza ikibazo gikomeye cy’uko amamiliyoni y’abantu azatakaza akazi kubera ko akenshi kazajya gakorwa n’amarobo[ima...

Address

Kimironko
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Ubukungu posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Ubukungu:

Share