
26/08/2025
Njye ndi umufana wa Liverpool cyane, nkafana na Arsenal. Liverpool nagiye kuyifana ku giti cyanjye nari ndi mu Bwongereza njyayo, ariko Arsenal nagize amahirwe ambasade irantumira, byari ibyishimo kuri njye kuko hari abantu benshi babyifuza ariko ntibabibone. […] Amahirwe yose nagira yo kureba cyane cyane nk’umukino wa Liverpool nagenda kuko mfana Liverpool cyane. Kate Bashabe