NIBYO BYAWE

NIBYO BYAWE Ubuzima ubayemo nibyo byawe imana yakugeneye.

USA:abishwe na coronavirus bari gushyingurwa mu MVA rusange Ku kirwa cyari cyarahariwe abadafite inkomoko
10/04/2020

USA:abishwe na coronavirus bari gushyingurwa mu MVA rusange Ku kirwa cyari cyarahariwe abadafite inkomoko

Magingo aya, Leta ya New York, irusha ubwandu bwa Coronavirus igihugu icyo aricyo cyose ku Isi, kuko ifite abantu 161807 bamaze kwandura mu gihe Espagne ikurikiye Amerika mu kugira ubwandu ifite 153222. Ni yo leta yibasiwe cyane muri Amerika kuko inafite hejuru ya 80% by’abantu bamaze gupfa bazize...

10/04/2020


Icyorezo cyateye ni :COVID-19
Giterwa na virus ya :coronavirus dufatire urugero kuri SIDA

Icyorezo ni: AIDS (SIDA)
Virus ni :HIV

10/04/2020



Mwihangane mugume murugo rugerageze kurwanya
Icyorezo cyitwugarije COVID-19

UGUHIMYE ATIRETSE AGUSURIRA MURYAMANYE
10/04/2020

UGUHIMYE ATIRETSE AGUSURIRA MURYAMANYE

Go attention life is not fair
28/12/2019

Go attention life is not fair

20/09/2019

Ubundi harigihe kwifuza bitaba icyaha wenda nkiyo wifuza ibyo ushobora kugeraho ark bikaba icyaha kibi kwifuza ibyo utabasha kugeraho

28/08/2019

"NSHIZIRUNGU"
:'";inkuru iteye agahinda no kwiga byinshi mubuzima tubamo ndetse nibihe tugezemo ngo niterambere:'";

"NSHIRIRUNGU" numusore wakuriye mukarere ka "NGORORERO" yize amashuri abanza arayarangiza atsinda neza ndetse nayisumbuye ayarangiza ajyerageza ariko ntiyabona amahirwe yokujya kaminuza, asoje amashuri yiwe nyuma yaje kwigira inama yo kugurisha ihene yariyarahawe na nyirakuru akajya "KIGALI" uwomusore yaje kuzigurisha doreko zari zimaze kuba esheshatu maze arangije buracya aratega ajya "KIGALI" ahageze kuko yarafite amafaranga yagiye gushaka ahantu akodesha inzu mugipangu, nuko ahageze barayimuha yishyura amezi atatu ubundi atangira gushaka akazi yabonye akazi ko gukora "UBUYEDE" (aide de mason) aratangira ubuzima burakomeza hashize amezi 6 yatangiye kujya yinjirira nyirabuja agakora ibyo bita "GUPFUBURA" kuva icyo gihe ntiyigeze yongera kujya mukazi yakoraga , noneho yabonye amafaranga ahagije akajya ararana nabana beza muma hotel akomeye nyuma rero icyaje kuba nuko yisanze yaranduye "HIV/AIDS" yahise yiheba ariko mukudaheranwa nagahinda byatumye ataha iwabo yariyarabaye umukire atwara umukobwa wariwarasabwe amwambura undi musore ahita amutwara "kigali" barahageze babaho mubukode ariko babayeho neza bisanzwe bajya kuryoshya buri weekend mbese byari byiza hashize imyaka 7 yaje kwitaba Imana asiga abana babiri abasigira wamukobwa utarajyiraga nakazi dusubiye ho inyuma wamuryango warufite igipangu wamusore yigeze gukodeshamo waje kwisanga wose warandujwe virus iter "SIDA" dukomeje na wamukobwa nawe ahoyabaga ukwezi kwarashize bamwirukana munzu aratega arataha ataha amaze kuremba kubera kubana nubwandu asanga wamuhungu yari yarabenze yabaye umukire numugorewe niwabo wumukobwa bakamutoteza cyane noneho ahita yigira inama yo kunnywa "lava" umuti wica udusimba mumbuto hamwe nabanabe bahita bose bitaba imana abantu babaimenye hashize icyumweru batababona muri kartie

"ISOMO" ntukabone ibishashagirana ngo wiboneremo zahabu.

Niba biguteye kwibaza ngaho kora " " and " "

30/06/2019

IBANGA RYUBUZIMA

*ibanga ryonyine ryagufasha guhorana ibyishimo mubuzima nukwakira ubuzima urimo mugihe ugezemo ugakomeza kureba kuhazaza heza wifuza kugera

30/06/2019

IBI NTIBISHOBOKA

*ntushobora gukorana numuntu imishinga iberekeza kuhazaza heza kandi we nta bitekerezo byahazaza yifitemo. Ikiza nugukorana nabo mufite ikerekezo kimwe cyokugera kure mugihe kizaza

30/06/2019

GUHATIRIZA SIBYIZA

*ntuzababazwe nuko umuntu akunda cyane inshuti yawe kurusha uko agukunda kuko nubundi nawe ntiwashobora kumvisha inkende ko buryoha kuruta .

08/05/2019

BURINTU UBONYE MUBUZIMA KIBA GITITE AKAMARO

wicuza umunsi numwe muyowabayeho kwisi kuko byanga bikunda buri umwe uba ufite icyo umariye ubuzima💥💥💥
Nuhura numunsi mwiza bizakubera ibyishimo 😀😀😀 bizakwongerera amateka nibigwi✊✊✊

Nuhura numunsi mwiza nabyo bizagusigira amasomo menshi mubuzima⛪ bizakongerera kwihanganira ibibabaje ndetse nibica intege mubuzima✅✅✅

25/04/2019

HARIGIHE BIBABYIZA KUBAHO URINYAKAMWE(alone)

Iyo uriwenyine mubuzima ariwowe wimenyera ibyishimo numubabaro byawe harigihe bibabyiza, kuko bituma ntamuntu numwe ukubabaza

Address

Kabayede Town
Kigali

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when NIBYO BYAWE posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share

Category