16/10/2025
VIDEO – Abantu benshi barimo abayobozi muri Guverinoma, abo mu miryango itari iya Leta, inshuti, abavandimwe, berekeje ku irimbi rya Rusororo bajyanywe no guherekeza Ingabire Marie Immaculée wari umuyobozi w’umuryango Transparency International Rwanda urwanya ruswa n’akarengane, uherutse kwitaba Imana.