Isango Star 91.5 FM Official

Isango Star 91.5 FM Official Official Account of Isango Star . Rwanda's Number One Private Radio&TV Station and Website! Inyenyeri Imurikira Rubanda.
(1)

From Kigali the commercial capital, our transmission covers Kigali, East, South, and large parts of West and North. In a single day, Isango Star FM 91.5 FM/ 105.5 FM waves reach millions of Rwandans. No matter what type of prospects you want to reach in Rwanda, Isango Star will help you do it.

  2026Hasigaye iminsi 8 ngo igikombe cy'Isi cya 2026 gitangire, cyizabera muri USA, MEXICO na CANADA.
03/06/2026

2026

Hasigaye iminsi 8 ngo igikombe cy'Isi cya 2026 gitangire, cyizabera muri USA, MEXICO na CANADA.

Iran yashinje Koweït na Bahreïn kugira uruhare mu bitero igabwaho na Amerika, itanga umuburo
03/06/2026

Iran yashinje Koweït na Bahreïn kugira uruhare mu bitero igabwaho na Amerika, itanga umuburo

Minisiteri y\'ububanyi n\'amahanga ya Iran yashinje Koweït na Bahreïn kugira uruhare mu bitero biyigabwaho kuko byemereye Leta Zunze Ubumwe za Amerika gukoresha ubutaka n\'ibikorwaremezo bwabyo mu kugaba ibyo bitero. Yaburiye abayobozi b’ibyo bihugu, ivuga ko bagomba kwirengera ingaruka zose zis...

 : PEREZIDA KAGAME YASHIMIYE UBUFARANSA BWEMEYE URUHARE BWAGIZE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI
03/06/2026

: PEREZIDA KAGAME YASHIMIYE UBUFARANSA BWEMEYE URUHARE BWAGIZE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI

Enjoy the videos and music you love, upload original content, and share it all with friends, family, and the world on YouTube.

Idris Elba, Umukinnyi wa filime w’icyamamare ukomoka mu Bwongereza, yahawe icyubahiro gikomeye cyo kugirwa “Sir” nyuma y...
03/06/2026

Idris Elba, Umukinnyi wa filime w’icyamamare ukomoka mu Bwongereza, yahawe icyubahiro gikomeye cyo kugirwa “Sir” nyuma yo guhabwa umudari w’ubutwari (knighthood) n’Umwami w’u Bwongereza, King Charles III, mu muhango wabereye i Windsor Castle.

Nyuma y’iki gikorwa, ubu izina rye ni Sir Idris Elba, nk’ikimenyetso cyo kumushimira uruhare rwe rukomeye mu myidagaduro ndetse n’ibikorwa yakoze bifitiye akamaro sosiyete.

Idris Elba yamamaye cyane ku isi binyuze mu mafilime yakinnye, harimo nka Luther na Beasts of No Nation, ndetse no mu ruhare rwe mu gukomeza guteza imbere umuco n’imibereho myiza y’abaturage.

Iki gihembo cya knighthood gitangwa n’Umwami w’u Bwongereza ku bantu bagize uruhare rudasanzwe mu guteza imbere igihugu cyangwa Isi muri rusange, haba mu bukungu, umuco, siporo cyangwa ibikorwa by’ubugiraneza.

Igitero cya drone cyangije ikibuga cy’indege cya Koweït, Ingendo zose zirahagarikwa
03/06/2026

Igitero cya drone cyangije ikibuga cy’indege cya Koweït, Ingendo zose zirahagarikwa

Koweït yahagaritse ibikorwa byose by’indege kibuga mpuzamahanga cyayo nyuma y’igitero cya drone na misile cyangije inyubako yakiriramo abagenzi kigakomerekeramo abantu benshi. Iki gitero cyashinjwe Iran ndetse Amerika yemeza ko ibirindiro byayo muri iki gihugu na Bahrain byagabweho ibitero. Ni ...

AMAKURU AGEZWEHO"Uyu munsi ufite igisobanuro gikomeye , ndetse uratanga icyizere. u Rwanda rurashima iyi ntambwe mwateye...
03/06/2026

AMAKURU AGEZWEHO

"Uyu munsi ufite igisobanuro gikomeye , ndetse uratanga icyizere. u Rwanda rurashima iyi ntambwe mwateye.
Twahisemo kureba imbere, no gufatanya mu kwandika amateka mashya, kandi ayo mahitamo ari kubyara umusaruro. Intego irahari ku mpande zombi. Ariko ikiruta byose ni ukuvugurura icyizere. Uyu munsi, u Bufaransa ni umufatanyabikorwa w’ingenzi ku Rwanda, haba mu ishoramari, ikoranabuhanga, imihindagurikire y’ibihe, n’ibindi bintu byinshi bihuriweho bishyizwe imbere. U Rwanda rwiteguye gukorana n’u Bufaransa mu kwagura ubufatanye bwacu, ndetse no kwagura amahirwe hagati y’ibihugu byombi." Perezida Kagame

mu ijoro ryakeye i Paris, Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye isangira ryabereye muri Palais de l'Élysée, ryateguwe na Perezida Emmanuel Macron na Madamu Brigitte Macron, nyuma y'umuhango wo gufungura ku mugaragaro urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwahawe izina ‘Les Archives’.

  Ikipe ya APR FC yashimiye Aliou Souané, Mamadou Sy na Mahamadou Lamine Bah nyuma yo gutandukana nabo.
03/06/2026



Ikipe ya APR FC yashimiye Aliou Souané, Mamadou Sy na Mahamadou Lamine Bah nyuma yo gutandukana nabo.

Hari n'abafitemo litiro 3: Abafite lisansi na mazutu bimaze igihe mu bubiko basabwe kubishyira ku isoko
03/06/2026

Hari n'abafitemo litiro 3: Abafite lisansi na mazutu bimaze igihe mu bubiko basabwe kubishyira ku isoko

Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) cyahaye igihe cy\' iminsi 30 abantu n\'ibigo bifite lisansi na mazutu bingana na litiro hafi miliyoni ebyiri zimaze amezi arenga atandatu mu bubiko bwa gasutamo yo kubisorera no kubishyira ku isoko. Yaburiye ko abazananirwa kubikora bishobora gufatirwa bikagurish...

 Ikipe y'Igihugu ya Senegal 🇸🇳 y'abari munsi y'imyaka 17 yegukanye igikombe cya Afurika nyuma yo gutsinda Tanzania 🇹🇿 ku...
03/06/2026



Ikipe y'Igihugu ya Senegal 🇸🇳 y'abari munsi y'imyaka 17 yegukanye igikombe cya Afurika nyuma yo gutsinda Tanzania 🇹🇿 kuri penaliti ni mu mukino yasojwe amakipe anganya igitego 1-1

Senegal 🇸🇳(4)1-1(2) 🇹🇿 Tanzania

Address

Laetitiamugabo@gmail. Com
Kigali
P.OBOX:7550

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Isango Star 91.5 FM Official posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Isango Star 91.5 FM Official:

Share