Isango Star 91.5 FM Official

Isango Star 91.5 FM Official Official Account of Isango Star . Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Inyenyeri Imurikira Rubanda.
(1)

From Kigali the commercial capital, our transmission covers Kigali, East, South, and large parts of West and North. In a single day, Isango Star FM 91.5 FM/ 105.5 FM waves reach millions of Rwandans. No matter what type of prospects you want to reach in Rwanda, Isango Star will help you do it.

Hamas na Israeli bemeranyije guhagarika intambara, Israeli bahise bategura yiga ku gutaha kw'imbohe
09/10/2025

Hamas na Israeli bemeranyije guhagarika intambara, Israeli bahise bategura yiga ku gutaha kw'imbohe

Perezida w’Amerika, Donald Trump, yatangaje mu ijoro ryo ku wa 8 rishyira ku wa 9 Ukwakira ko Israeli na Hamas basinye ku gice cya mbere cy’amasezerano yo guhagarika intambara. Trump yavuze ko abafashwe bugwate bazarekurwa vuba. Ni mu gihe Guverinoma ya Israeli yahise itegura inama yihuse yo kwi...

  World Cup Qualifiers Match Day 9 fixtures to day in Africa
09/10/2025



World Cup Qualifiers Match Day 9 fixtures to day in Africa

U Rwanda na Hong Kong basinyanye amasezerano akuraho gusora kabiri
09/10/2025

U Rwanda na Hong Kong basinyanye amasezerano akuraho gusora kabiri

U Rwanda na Hong Kong basinyanye amasezerano yo gukuraho kwishyiza kabiri imisoro, azwi nka Double Taxation Avoidance Agreement, agamije guteza imbere ishoramari n’ubufatanye mu nzego zitandukanye z’ubukungu.

09/10/2025

: Arasaba ko abanyeshuri bo mu karere ka Ngororero mu murenge wa Matyazo mu midugudu itandukanye bahabwa amashuri y'uburezi bw'ibanze bw'imyaka 12 (12-Year Basic Education), kuko abageze muri iki cyiciro bakora urugendo rurerure bajya kwiga aho babona ubu burezi.

🔴AMAKURU: PEREZIDA WA REPUBULIKA Y’U RWANDA YITABIRIYE INAMA MU BUBILIGI
09/10/2025

🔴AMAKURU: PEREZIDA WA REPUBULIKA Y’U RWANDA YITABIRIYE INAMA MU BUBILIGI

Enjoy the videos and music you love, upload original content, and share it all with friends, family, and the world on YouTube.

🚨Breaking: Rwanda and Hong Kong have signed a Double Taxation Avoidance Agreement to boost investment and cooperation ac...
09/10/2025

🚨Breaking: Rwanda and Hong Kong have signed a Double Taxation Avoidance Agreement to boost investment and cooperation across key sectors such as financial services, manufacturing, technology, health, logistics, and education.

🚨AGEZWEHO🚨Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y'Ibikorwaremezo n'abafatanyabikorwa bayo batashye ku mugaragaro imihanda ya kabu...
09/10/2025

🚨AGEZWEHO🚨

Kuri uyu wa Kane, Minisiteri y'Ibikorwaremezo n'abafatanyabikorwa bayo batashye ku mugaragaro imihanda ya kaburimbo yuzuye mu bice bitandukanye by'Igihugu.

Iyo mihanda ni uwa Huye-Kitabi, Rubengera-Gisiza
na Rulindo- Gicumbi-Nyagatare.

Ibirori byo kuyitaha byabereye muri Santere ya Rukomo, aho byayobowe n'Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean de Dieu.

Photos: President Kagame in Belgium  for the second edition of the Global Gateway Forum 2025.
09/10/2025

Photos: President Kagame in Belgium for the second edition of the Global Gateway Forum 2025.

In the morning of this Thursday 9 October 2025 , President Paul Kagame joins other Heads of State and Government for the second edition of the Global Gateway Forum 2025 taking place in Brussels from 9-10 October 2025.

Amafoto: Perezida Kagame ari mu Ububiligi, mu nama ya Global Gateway Forum 2025
09/10/2025

Amafoto: Perezida Kagame ari mu Ububiligi, mu nama ya Global Gateway Forum 2025

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 9 Ukwakira 2025 , Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ihuje Abakuru b’Ibihugu na za guverinoma yiga uko Isi yarushaho kwegerana, no gukemura ibibazo bitandukanye bishingiye ku bukungu (Global Gateway Forum 2025) irikubera Brussels kuva kuri uyu wa 9- ku...

09/10/2025

Ni ryari bavuga ko umuntu unywa inzoga afite ikibazo cy'ubuzima bwo mu mutwe?

Menya ibimenyetso ndetse nuko uyu muntu yitabwaho.

Ingabire Marie Immaculée uzwiho kurwanya ruswa n'akarengane yitabye Imana
09/10/2025

Ingabire Marie Immaculée uzwiho kurwanya ruswa n'akarengane yitabye Imana

Ingabire Immaculée, wabaye Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, umuryango urwanya ruswa n’akarengane, yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane azize uburwayi, ku myaka 64 y’amavuko.

Kuri uyu wa Kane i Brussels, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yifatanyije n’abandi Bakuru b’Ibihugu na Guverinoma mu ...
09/10/2025

Kuri uyu wa Kane i Brussels, Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yifatanyije n’abandi Bakuru b’Ibihugu na Guverinoma mu nama mpuzamahanga ya Kabiri yiga ku ishoramari, aho bakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Ursula von der Leyen.

Iyo nama bitabiriye iribanda ku kurushaho guteza imbere ukwihuza kw’amahanga mu guhangana n’ibibazo Isi ihanganye na byo.

Address

Laetitiamugabo@gmail. Com
Kigali
P.OBOX:7550

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Isango Star 91.5 FM Official posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Isango Star 91.5 FM Official:

Share