Kigaliconnect.com

Kigaliconnect.com This is Where you can find the Most latest and reliable News Around the World. Whatsapp number 0725965556

Masai Ujiri, umwe mu bashinze umuryango Giants of Africa, yasabye urubyiruko rw’Afurika kwizera ubushobozi rufite, gukur...
28/07/2025

Masai Ujiri, umwe mu bashinze umuryango Giants of Africa, yasabye urubyiruko rw’Afurika kwizera ubushobozi rufite, gukura rufite intego no gufasha abandi, avuga ko ejo hazaza h’uyu mugabane hari mu biganza byabo.
Yabitangaje ku Cyumweru, tariki ya 27 Nyakanga, mu nama yahuriyemo urubyiruko yiswe International Youth Day Forum yabereye muri BK Arena i Kigali. Iyo nama yabaye mu rwego rw’ibikorwa by’icyumweru cy’iserukiramuco Giants of Africa Festival kiri kubera mu Rwanda kuva ku ya 26 Nyakanga kugeza ku ya 2 Kanama 2025. Iki gikorwa cyahuje abasaga 2000 b’urubyiruko ruri mu kigero cy’imyaka 15–19 baturutse mu bihugu 20 by’Afurika.

Mu bashyitsi bakomeye bitabiriye harimo Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Jean Nepo Abdallah Utumatwishima, Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’umuyobozi wa African Leadership University (ALU), Fred Swanike.

Uyu munsi ni isabukuru y'amavuko n'umukinnyi wa Filime, .Mureke dufatanye tumwifurize isabukuru nziza y'amavuko kuri uyu...
27/07/2025

Uyu munsi ni isabukuru y'amavuko n'umukinnyi wa Filime, .

Mureke dufatanye tumwifurize isabukuru nziza y'amavuko kuri uyu munsi wihariye mu buzima bwe.

Perezida wa komisiyo ya Eu, agiye guhura na Trump. Soma inkuru yose...
27/07/2025

Perezida wa komisiyo ya Eu, agiye guhura na Trump. Soma inkuru yose...

Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko agiye guhurira na Perezida wa Leta Zunze...

26/07/2025

AMASHUSHO: ku mbuga nkoranyambaga HAKOMEJE gucicikana Amashusho y' umwe mu ba Pasiterikazi bakomoka mu gihugu cy' Uburundi, Ari kwigisha kubijyanye n' amabanga yo mu buriri.

To day is Element Eleéeh 's Birthday 🎂
25/07/2025

To day is Element Eleéeh 's Birthday 🎂

🔴“Bombe”: Indirimbo nshya ya Danny Dollar igiye gusubiza abamunengeye kuva muri Moriox Kids🔴Danny Dollar agiye gusohora ...
25/07/2025

🔴“Bombe”: Indirimbo nshya ya Danny Dollar igiye gusubiza abamunengeye kuva muri Moriox Kids🔴
Danny Dollar agiye gusohora indirimbo nshya yitwa “Bombe”, igiye kuba igisubizo ku bavuze ko agiye kuba ikirara nyuma yo kuva muri Moriox Kids

Umuhanzi muto ariko ufite icyerekezo kinini, Ishimwe Danny, uzwi mu muziki nka Danny Dollar, agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise “Bombe”, ikubiyemo ubuzima bwe bwite ndetse n’ubutumwa bukarishye buvuguruza ibyo abantu bari baramutekerejeho nyuma yo kuva muri Moriox Kids.

Uyu musore w’imyaka 16 hafi 17, ukomoka mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru ariko utuye i Kinyinya, Kagugu mu Karere ka Gasabo, yabwiye Kigali Connect ko iyi ndirimbo izaba ari nk’ikirenga ku rugendo rwe nk’umuhanzi wigenga. Soma inkuru yose... https://kigaliconnect.com/2025/07/23/bombe-indirimbo-nshya-ya-danny-dollar-igiye-gusubiza-abamunengeye-kuva-muri-moriox-kids/

🔴“Bombe”: Indirimbo nshya ya Danny Dollar igiye gusubiza abamunengeye kuva muri Moriox Kids🔴Danny Dollar agiye gusohora ...
25/07/2025

🔴“Bombe”: Indirimbo nshya ya Danny Dollar igiye gusubiza abamunengeye kuva muri Moriox Kids🔴
Danny Dollar agiye gusohora indirimbo nshya yitwa “Bombe”, igiye kuba igisubizo ku bavuze ko agiye kuba ikirara nyuma yo kuva muri Moriox Kids

Umuhanzi muto ariko ufite icyerekezo kinini, Ishimwe Danny, uzwi mu muziki nka Danny Dollar, agiye gushyira hanze indirimbo nshya yise “Bombe”, ikubiyemo ubuzima bwe bwite ndetse n’ubutumwa bukarishye buvuguruza ibyo abantu bari baramutekerejeho nyuma yo kuva muri Moriox Kids.

Uyu musore w’imyaka 16 hafi 17, ukomoka mu Karere ka Musanze mu Ntara y’Amajyaruguru ariko utuye i Kinyinya, Kagugu mu Karere ka Gasabo, yabwiye Kigali Connect ko iyi ndirimbo izaba ari nk’ikirenga ku rugendo rwe nk’umuhanzi wigenga. Soma inkuru yose...

Danny Dollar agiye gusohora indirimbo nshya yitwa “Bombe”, igiye kuba igisubizo ku bavuze ko agiye kuba ikirara nyuma yo kuva muri Moriox...

Iyo Minisititi w'Intebe avuye mu nshingano ze, hakurikiraho iki? Nk'uko bikubiye mu Itegeko Nshinga rya Repebulika y'u R...
23/07/2025

Iyo Minisititi w'Intebe avuye mu nshingano ze, hakurikiraho iki?

Nk'uko bikubiye mu Itegeko Nshinga rya Repebulika y'u Rwanda mu ngingo yaryo ya 124, isobanura Ukuvaho kwa Minisitiri w’Intebe n’ishyirwaho ry’indi Guverinoma

Agace ka 1. Iyo Minisitiri w’Intebe yeguye cyangwa avuyeho ku mpamvu iyo ari yo yose, bituma n’abandi bagize Guverinoma begura.

Agace ka 2. Perezida wa Repubulika yakira ukwegura kwa Guverinoma iyo Minisitiri w’Intebe
akumushyikirije.

Agace ka 3. Guverinoma yeguye ikora gusa imirimo ya buri munsi kugeza igihe hashyiriweho indi Guverinoma.

✍️ Nyawe Lamberto

Repost:inyarwanda.com

🚨 AGEZWEHO 🚨 Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu yatawe muri yombi. Akurikirany...
21/07/2025

🚨 AGEZWEHO 🚨 Mwitende Abdoulkarim wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Burikantu yatawe muri yombi. Akurikiranyweho gufungirana umuntu bitemewe n’amategeko.

Yafungiranye abakobwa bari bagiye kumureba iwe mu rugo kugira ngo abafashe kujya bakora ibiganiro bitambuka ku mbuga, nkuko ikinyamakuru IGIHE Cyabitangaje.

Address

Nyarugenge

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Kigaliconnect.com posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Share