
21/05/2025
byinshi byamwegereye bimusaba ko byashora amafaranga mu Rwanda.
Ubu tuvugana ibihugu birenga 29 bya Africa birifuza ko u Rwanda rwabagurisha imbunda n’amasasu mu rwego rwo gukomeza kurinda ubusugire bw’ibihugu byabo.
Imbunda u Rwanda rukora zijyanye n’ikirere cya Africa bituma Abanyafrica benshi bazishaka. (Bimwe mu bihugu byasuye izi mbunda mbere)
Imihanda, amavuriro, amazi n’ibindi bikorwa mu Rwanda bigiye kwihuta kubera amafaranga azava muri ubu bucuruzi.
President Paul Kagame amaze kwerekana ko imvugo ariyo ngiro. Akunze kuvuga ko Africa ishobora kwihaza muri byose ✊🏿 #