BBR News EAC

BBR News EAC Information updated

  yagerageje kurwanya inzego z'umutekano mugihe yashakaga kwica nyinaYanasinzeTanga igitekerezo
11/03/2025

yagerageje kurwanya inzego z'umutekano mugihe yashakaga kwica nyina
Yanasinze
Tanga igitekerezo

01/01/2025
Russia v Ukraine: Moscow yageramiwe mu bitero bya drones biruta ibindi byabayeho muri iyi ntambaraIyi mirwano ibaye mu g...
11/11/2024

Russia v Ukraine: Moscow yageramiwe mu bitero bya drones biruta ibindi byabayeho muri iyi ntambara

Iyi mirwano ibaye mu gihe byitezwe ko perezida watowe wa Amerika Donald Trump ashobora gushyira igitutu ku mpande zombi ngo zihagarike imirwano

Trump atsinze amatora
06/11/2024

Trump atsinze amatora

RUTSIRO yahawe Impano ushaka kuba President wiyamamaza wa Green party 🎉
04/07/2024

RUTSIRO yahawe Impano ushaka kuba President wiyamamaza wa Green party 🎉

Urwego rw’igihugu rugenza ibyaha mu Rwanda rwafunze umudepite w’ishyaka riri ku butegetsi FPR-Inkotanyi rumushinja gutun...
14/05/2024

Urwego rw’igihugu rugenza ibyaha mu Rwanda rwafunze umudepite w’ishyaka riri ku butegetsi FPR-Inkotanyi rumushinja gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko.

Urwo rwego ruvuga ko Eugene Barikana avuga ko yatunze izo ntwaro akibana n’abasirikare akibagirwa kuzisubiza, ubwe ntacyo aratangaza kubyo aregwa kumugaragaro.

Barikana w’imyaka 57 ni umwe mu badepite bavuga rikijyana b’ishyaka FPR-Inkotanyi, amaze imyaka irenga 10 ari umudepite mu nteko ishingamategeko y’u Rwanda.

Mbere yaho, yabaye umukuru w’ibiro bya minisitiri w’intebe, umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, yabaye kandi na préfet w’icyahoze ari préfecture ya Kibungo.

Mu Rwanda haritegurwa amatora y'abadepite azaba muri Nyakanga (7), hamwe n'aya perezida wa Repubulika.

Barikana ntabwo ari ku rutonde rw'abakandida depite batanzwe na FPR-Inkotanyi baziyamamaza muri ayo matora yimirijwe.

Photo/Rwanda Parliament

Uyu ni umwana wo mu Karere ka Muhanga wagiye ku ishuri yambaye impuzankano ya Polisi avuga ko ayikuye murugo kandi Se mu...
03/05/2024

Uyu ni umwana wo mu Karere ka Muhanga wagiye ku ishuri yambaye impuzankano ya Polisi avuga ko ayikuye murugo kandi Se mu busanzwe ntabwo ari umu polisi yewe nta n'ubwo yabyigeze kuri ubu Se w'uyu ari guhigwa bukware nyuma y'uko uyu mwana ubwe yivugiye ko abona Se abyambara mu ijoro akagenda.

Kwihaniza Apple kwa DR Congo ni 'intambwe ya mbere' itewe – umunyamategekoLeta ya DR Congo ishinja Apple gukoresha mu bi...
28/04/2024

Kwihaniza Apple kwa DR Congo ni 'intambwe ya mbere' itewe – umunyamategeko

Leta ya DR Congo ishinja Apple gukoresha mu bicuruzwa byayo amabuye y'agaciro "yacukuwe mu buryo bunyuranyije n'amategeko".

Address

Rubavu

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when BBR News EAC posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to BBR News EAC:

Share