Amizero.rw

Amizero.rw Amakuru yizewe kandi aziye ku gihe niyo ntego yacu nka http://amizero.rw . Umusanzu wa buri wese ur

Tariki ya 25 Ugushyingo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ni umunsi wo kwibutsa abantu ko bakwiye gutangira guhahira imin...
25/11/2023

Tariki ya 25 Ugushyingo muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika ni umunsi wo kwibutsa abantu ko bakwiye gutangira guhahira iminsi mikuru.

Dore ibyaranze uyu munsi mu mateka.

Tariki ya 25 Ugushyingo ni umunsi wa 329 mu igize umwaka, ni ukuvuga ko dusigaje iminsi 35 kugira ngo uyu mwaka urangire.Wari u*i se ko muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika uyu munsi bawufata nk’uwo kwibutsa abantu ko bakwiye gutangira guhahira iminsi mikuru?

Kera gatanya ku bashakanye ntiyari yemewe muri Ireland. Byaje kugenda bite ngo ijyeho? Soma ibyaranze uyu munsi mu matek...
24/11/2023

Kera gatanya ku bashakanye ntiyari yemewe muri Ireland. Byaje kugenda bite ngo ijyeho?

Soma ibyaranze uyu munsi mu mateka

Tariki 24 Ugushyingo ni umunsi wa 328 mu igize umwaka, hasigaye igera kuri 37 ukagera ku musozo. Hari ibihugu bimwe na bimwe biwizihiza nk’umunsi wa “Sardines”, hari naho bawizihiza nk’umunsi wo gusobanukirwa n’impano buri wese yifitemo.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemereye abaturage ba Ruhango ibikorwa by'iterambere. Kurikora ijambo ryose yagejeje ...
26/08/2022

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yemereye abaturage ba Ruhango ibikorwa by'iterambere. Kurikora ijambo ryose yagejeje Ku baturarwanda !!!

Kagame TV TV Today ru*induko akomeje kugirira mu Ntara y'Amajyepfo n'iy'I...

Umwana muto wihebeye u Rwanda n'abanyarwanda "My love Sarah". Yasabiye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame kuramba Ingoma im...
25/08/2022

Umwana muto wihebeye u Rwanda n'abanyarwanda "My love Sarah". Yasabiye Nyakubahwa Perezida Paul Kagame kuramba Ingoma imitaga. Paul Kagame Kigali Today Energy Icyitegererezo IGIHE Centre SAINT ANDRE Kabgayi Kabgayi Cathedral Antoine Cardinal Kambanda UMUCO NYARWANDA Radio Rwanda Group | RBA

Kagame TV TV Y'UMUCO@Israel Mbonyi TV CHOICE LIVE Rwanda Tv Umwana muto "My...

21/07/2022

Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, MINEDUC yahishuye ko mu bidasanzwe byanogejwe muri uyu mwaka w’amashuri harimo n’uburyo bwo kubara amanota y’ibizamini bya Leta mu rwego rwo korohereza ababyeyi kurushaho gusobanukirwa ikigero cy’imitsindire y’abana babo. Umunyamabanga wa Leta muri Minisit...

Umuhanzi Nsengimana Justin w'i Kingogo yataramiye abo ku ivuko imbuga iba ngo.
20/07/2022

Umuhanzi Nsengimana Justin w'i Kingogo yataramiye abo ku ivuko imbuga iba ngo.

Umuhanzi nyarwanda Nsengimana Justin w’i Kingogo, yataramiye abo iwabo mu Murenge wa Muhanda mu gitaramo cyitabiriwe ku rwego rw’ikirenga, mu nsanganyamatsiko igira iti ‘Muze turwubake’, abitabiriye bavuga ko ari ubwa mbere babona imbaga ingana ityo, ndetse ko ibyishimo bahawe n’umwana wab...

20/07/2022

Mu masaha ya mbere ya Saa sita kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2022, mu Mudugudu wa Kirambo, Akagari ka Kirambo, Umurenge wa Gitesi, Akarere ka Karongi, habereye impanuka ikomeye y’imodoka yaguyemo Umuyobozi w’uburezi muri Karongi. Bwana Hitumukiza Robert, wari Umuyobozi w’Ishami ry’Ub...

20/07/2022

Ubumwe bw’u Burayi (EU) bugiye koroshya bimwe mu bihano byafatiwe banki zo mu Burusiya, kugira ngo Ibihugu byinshi bibashe kugura ibiribwa n’inyongeramusaruro muri icyo Gihugu. Ibi bikaba bivuzeko ku ruhande rumwe Putin atsinze icy’umutwe, bikaba binashobora gutuma habaho igabanyuka rito cyane...

19/07/2022

Mu mujyo umwe na gahunda ya Leta yo kwita ku mikurire y’abana barindwa igwingira, Gakenke nka kamwe mu Turere twagaragayemo abana benshi bafite ikibazo cy’igwingira, ku bufatanye na Caritas Kigali, bari mu bukangurambaga bujyanye n’ibikorwa bigamije guhindura imyumvire y’abatuye aka Karere, ...

19/07/2022

Maniragena Clémentine wo mu Murenge wa Jenda, Akarere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba wibarutse abana bane b’impanga ku Cyumweru, asigaranye umwe gusa kuko abandi batatu bamaze kwitaba Imana. Ku Cyumweru tariki 17 Nyakanga 2022 nibwo hamenyekanye inkuru y’uko Maniragena Clémentine wo mu ...

17/07/2022

Korali Twubakumurimo ikorera umurimo w’Imana ku Itorero rya ADEPR Cyamabuye, Paruwasi Jenda, Ururembo rwa Rubavu, yemezako uyu mwaka ngo ari umwaka w’amashimwe n’ibitangaza kuri bo kuko ngo ibyo Imana yavuganye nabo iri kubisohoza, bakaba biteguye n’ibindi biri imbere kandi ngo nabo bakaba b...

17/07/2022

Ahagana mu ma saa cyenda y’igitondo(3:00 AM) kuri iki Cyumweru tariki 17 Nyakanga 2022, ikamyo yo mu bwoko bwa Benz ya Bralirwa, yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari igeze mu Karere ka Musanze, hangirika ibifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda agera kuri Miliyoni 10. Iyi kamyo yari yikor...

Address

Ruhengeri

Alerts

Be the first to know and let us send you an email when Amizero.rw posts news and promotions. Your email address will not be used for any other purpose, and you can unsubscribe at any time.

Contact The Business

Send a message to Amizero.rw:

Share