03/19/2025
Umugore w’uwahoze ari Perezida w'u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Werurwe 2025. Ku munsi w'ejo urugereko rw'urukiko rw'ubujurire rw'I Paris ruzasuzuma ubusabe bw'ishami ry'Ubushinjacyaha bw'Ubufaransa rishinzwe kurwanya iterabwoba (PNAT), ryasabye ko dosiye ya Agata Kanziga yakongera gukurikiranwa ndetse hakongerwa n'igihe agomba gukorwaho iperereza. Agatha wahoze ari umugore wa Habyarimana, muri 2016, nibwo byemejwe ko akurikiranwa ku byaha byo gucura umugambi wa Jenoside n’ibyaha byibasiye inyokomuntu....
Umugore w’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda Habyarimana, Agatha Kanziga Habyarimana, agiye gusubizwa imbere y’ubutabera kuri uyu wa Gatatu